Umuhanzi w’Umunyarwanda ukorera umuziki muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika Shaffy , yashyize hanze indirimbo nshya yise ‘Bana’ yafatanyije Chris Eazy uri mubagezweho mu Rwanda.
Iyi ndirimbo igaragaramo Christopher, ni imwe mu ndirimbo uyu muhanzi Shaffy ushinjwa kwigana ijwi rya Meddy yashyize hanze muri uyu mwaka wa 2023.
Bana yiganjemo ubutumwa bw’umusore uba uri gutereta umukobwa arimo kumubwira ko amukunde cyane.
REBA HANO AMASHUSHO Y’INDIRIMBO ‘BANA’ YA SHAFT NA CHRIS EAZY