Shaffy utuye yashyize hanze indirimbo ‘Bana’ yafatanyije na Chris Eazy [ VIDEO ]

27/10/2023 08:34

Umuhanzi w’Umunyarwanda ukorera umuziki muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika Shaffy , yashyize hanze indirimbo nshya yise ‘Bana’ yafatanyije Chris Eazy uri mubagezweho mu Rwanda.

 

Iyi ndirimbo igaragaramo Christopher, ni imwe mu ndirimbo uyu muhanzi Shaffy ushinjwa kwigana ijwi rya Meddy yashyize hanze muri uyu mwaka wa 2023.

 

Bana yiganjemo ubutumwa bw’umusore uba uri gutereta umukobwa arimo kumubwira ko amukunde cyane.

 

REBA HANO AMASHUSHO Y’INDIRIMBO ‘BANA’ YA SHAFT NA CHRIS EAZY

Advertising

Previous Story

Mu gihugu cy’Ubuhinde umwana w’umukobwa yavukanye imitwe itatu

Next Story

Umuhanzi Mbosso yazamuye urwango afitanye na mugenzi we Otile Brown

Latest from Imyidagaduro

Intare FC yasinyishije umukinnyi mushya

Umuyobozi wa Intare FC, Byabuze Gatibito yavuze ko nta biganiro bigeze bagirana na Mukura VS yatangaje ko yasinyishije Ishimwe Jean-René wari intizanyo y’iyi kipe
Go toTop