Mu gihugu cy’Ubuhinde umwana w’umukobwa yavukanye imitwe itatu

27/10/2023 08:12

Mu gihugu cy’Ubuhinde umwana w’umukobwa yavukanye imitwe itatu ndetse uyu mwana nyina w’amubyaye yavuze uburibwe akomeje kunyuramo ndetse uburibwe yananyuzemo ubwo yari ari kubyara uwo mwana.

 

 

Biravugwa ko uyu mwana w’umukobwa wavukanye imitwe itatu icyatumye avukana iyo mitwe kitazwi. Ababyeyi be bavuze ko nabo baguye mu kantu ubwo babyaraga umwana ufite imitwe itatu. Ubwo nyina wuyu mwana yamubyaraga, yanyuze mu buribwe bukomeye ndetse ko yari hafi no gupfa ubwo yabyaraga.

 

 

 

Abaganga benshi batunguwe nuburyo uwo mwana yavukanye imitwe itatu ndetse bavuga ko badasanzwe bahura nicyo kibazo. Icyakora abaganga bavuze ko bari gutegura uburyo bwo kureba uburyo uyu mwana yabagwa bagatandukanya imitwe ye cyane ko afite imitwe itatu. Icyakora bivugwa ko ibintu nkibyo bisanzwe bibaho mu bihugu bigiye bitandukanye.

 

 

 

Gusa bivugwa ko amahirwe yuyu mwana yo gukomeza kubaho Ari hasi cyane, ndetse bivugwa ko no mu ibarwa ryuyu mwana gupfa kurokoka bifite amahirwe macye, gusa abaganga bavuze ko bakora uko bashoboye.

 

 

Abantu benshi bakomeje gutangazwa Niki kintu ndetse basengera uyu mwana ngo azamere neza.

 

UMWANDITSI : Byukuri Dominique

 

Source: mirror.co.ke

 

 

Advertising

Previous Story

Dore impamvu kureba muri Telephone y’umukunzi wawe Ari bibi

Next Story

Shaffy utuye yashyize hanze indirimbo ‘Bana’ yafatanyije na Chris Eazy [ VIDEO ]

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop