Rwanda: Gitifu yajyanye mu biro n’umugeni wari ugiye gusezerana asuzuma ko igitsina cye cyuzuye

10/07/2023 19:14

Ushobora kumva ugatekereza ko itabaye nyamara yabaye bamwe babyita amahano abandi babyita amabara.

 

Icyo gihe Gitifu wo mu Majyepfo yakiriye umukobwa mubiro bye by’Umurenge amubwira ko umusore basezeranye yanze kumurongora atazi na gahunda ye.Nyuma atumyeho umusore amubwira ko yasanze umukobwa nta gitsina agira.

 

Nyuma Gitifu abatuma abaza umukobwa ati:” Ko wumva ngo nta gitsina ugira ? Umukobwa ati:” Nyamara ndagifite”. Ibyakurikiyeho ni amabara.

 

Twibaze ngo mbese iyo Umuyobozi ahuye n’ibidateganywa n’itegeko akora iki ? Tubane mu kiganiro.

UMURYANGO

Advertising

Previous Story

Yari yararanye n’umukobwa w’imyaka 34 wari ihabara rye ! Umupadiri yapfiriye muri Hoteli yari yasanzemo umugore we

Next Story

Shaddboo yagize icyo avuga kumafoto yacicikanye kumbuga nkoranyambaga arikumwe na Tanasha Donna wabyaranye na Diamond Platinumz

Latest from Inkuru z'urukundo

Go toTop