Advertising

“Ndi umukire w’umucuruzi ariko umugabo yaranshutse anyanduza SIDA” ! Mwirinde bagore

16/10/2024 13:53

Violet Mukabana n’umukobwa ukiri muto ukomoka i Nairobi ho muri Kenya  aherutse gutangaza ko yaje kumenya ko  yandujwe SIDA n’umugabo bakundanaga.

Violet avuga ko yakuriye mu buzima butoroshye gusa umusi umwe ubwo yari gutembera hantu yaje guhura n’umugabo atazi baraganira, nguko uko urugendo rwabo rwo gukundana rwatangiye. Bamaze amezi abiri mu munyenga w’urukundo.

Ubwo yari akuriwe umugabo we yaje kumujyana mu cyaro cy’iwabo aho yamenyeye ko umugabo we yari amaze imyaka itandatu yarashatse umugore we wa mbere ndetse ko babyaranye abana babiri.

Byaramubabaje cyane ahitamo kwisubirira i Nairoi ndetse niho yaje kwibarukira impfura ye y’umukobwa.

Bidatinze yaje kumenya ko atwite gusa ikibabaje yari yarananduye SIDA, ndetse hari namabanga umugabo yari yaramuhishe yaje kuvumbura. Ubwo yisuzumishaga bwa kabiri yitonze ngo arebe ko hari icyahindutse yasanze yaranduye SIDA dets uwahoze ari umukunzi we amusaba kutazagira uwo abibwira.

Mu gihe wumva ukunze umuntu by’umwihariko ukaba utamuzi ari ubwambere umubonye byaba byiza muganiye by’imbitse  ntacyo muhishanya cyangwa byaba na byiza mugasurana mu miryango ku mpande zombi.

 

Leave a Reply

Your email address will not be published.

Previous Story

Ameria yahishuye impamvu bigoye gushimisha Sheebah Karungi

Next Story

Igikomangoma Harry, Jay-Z ndetse na Usher mu byamamare bitandukanye byakunze kugaragara mu birori bya P – Diddy

Latest from HANZE

Go toTop