MU MAFOTO: Young Grace n’umukobwa we bakije imihanda

23/01/2024 17:19

Diamante na Young Grace bagaragaye mu myambaro bajyanishije.

Uyu muraperikazi udakeruka indirimbo yongeye kugaragara mu mafoto n’umukobwa we.Nyuma yo gushyira hanze aya mafoto bishimiye na benshi.

Young Grace ni umuhanzi wo mu Karere ka Rubavu, gusa wimuriye ibikorwa by’umuziki we mu Mujyi wa Kigali.Uyu mukobwa ni umwe mu bahanzi beza u Rwanda rufite kandi watangiye gukora umuziki kera.

Muri aya mafoto Young Grace yashakaga kwamamaza Mama Lao Shop icuruza imyenda n’ibitambara bidondwamo imyenda dore ko bari bambaye umwambaro w’imbere wanditseho Young Grace.Aya mafoto kandi yayafashwe na musaza we.

Advertising

Previous Story

“Ntimugatinye ibitumbaraye hari igihe biba birimo ubusa” ! H.E Paul Kagame

Next Story

Ngi izi indwara zikomoka ku ntekerezo mbi kandi zikirengagizwa

Latest from Imyidagaduro

Intare FC yasinyishije umukinnyi mushya

Umuyobozi wa Intare FC, Byabuze Gatibito yavuze ko nta biganiro bigeze bagirana na Mukura VS yatangaje ko yasinyishije Ishimwe Jean-René wari intizanyo y’iyi kipe
Go toTop