MU MAFOTO : Irebere ubukaka umuhanzikazi Zuchu yatambukanye mu gitaramo ‘Move Africa’ cyabereye muri Bk Arena

07/12/2023 06:53

Zuchu kimwe n’abandi bahanzi bataramanye n’abafana be mu ndirimbo ze zitandukanye zirimo ‘Sukari’.

 

Uyu muhanzikazi wari witwaje ababyinnyi ,yatangiye kuririmba ahereye ku ndirimbo Sukari, yamamaye cyane na hano mu Rwanda.Uyu muhanzikazi wagaragaje imbaraga nyinshi yari umwe mu bahanzi bakomeye batumiwe muri iki gitaramo hamwe na Kendrick Lamar.

photo: IGIHE

Previous Story

Lupita Nyong’o yasubiye mu rukundo bwihishwa

Next Story

Angelina Jolie wamamaye muri Cinema yatangaje ko agiye kuzihagarika akajya kwita kubana be

Latest from Imyidagaduro

Zari Hassan yasabye imbabazi umugabo we

Zarinah Hassan yaciye bugufi asaba imbabazi Shakib Cham umugabo we.Ibi bibaye nyuma yaho yari akomeje kumushinja kudashyira umutima hamwe byuzuye gufuhira Diamond Platnumz akarenzaho

Niyonzima Haruna yatandukanye na Rayon Sports

Rutahizamu ukomeye wakiniye Amavubi imikino myinshi Haruna Niyonzima yatandukanye na Rayon Sports  nyuma y’Igihe avuga ko yananiwe kubahiriza amasezerano bagiranye. Haruna Niyonzima wari umaze

Banner

Go toTop