MU MAFOTO : Irebere ubukaka umuhanzikazi Zuchu yatambukanye mu gitaramo ‘Move Africa’ cyabereye muri Bk Arena

12/07/23 6:1 AM
1 min read

Zuchu kimwe n’abandi bahanzi bataramanye n’abafana be mu ndirimbo ze zitandukanye zirimo ‘Sukari’.

 

Uyu muhanzikazi wari witwaje ababyinnyi ,yatangiye kuririmba ahereye ku ndirimbo Sukari, yamamaye cyane na hano mu Rwanda.Uyu muhanzikazi wagaragaje imbaraga nyinshi yari umwe mu bahanzi bakomeye batumiwe muri iki gitaramo hamwe na Kendrick Lamar.

photo: IGIHE

Go toTop