Hari igihe usanga abantu bakora akazi kamwe, bahembwa amafaranga amwe ariko ugasanga bamwe bateye imbere, babaye abakire kurusha abandi. Imwe mu mpamvu ituma abantu bahembwa amafaranga amwe ariko barutana mu rwego rw’iterambere ni uko uburyo bakoresha amafaranga yabo butandukanye.
