Harmonize ukunda abakobwa bafite amabuno yavuze umukobwa atereta mu gihugu cya Kenya

11/11/2023 19:12

Rajah Abdul Kahali wamamaye nka Harmonize cyangwa Konde Boy, akomeje kuba inkuru mu bantu kubera kuvugwa mu bakobwa benshi cyane, gusa kuri ubu uyu muhanzi ukorera umuziki we mu gihugu cya Tanzania yavuze umukobwa yatereta mu gihugu cya Kenya.

 

Uyu muhanzi wamamaye cyane muri muzika ya Tanzania ndetse no muri afurika yose muri rusange, akaba aherutse gukorana indirimbo na Ruger wo mu gihugu cya Nigeria, yavuze ko umukobwa witwa Vera Sidika wo mu gihugu cya Kenya ariwe mukobwa abona yatereta mu bakobwa Bose baba mu gihugu cya Kenya.

 

Ubwo yari ku rubyiniro muri iki gihugu cya Kenya, abakobwa benshi bibibero bamukaragiye amabuno imbere maze ava mubye ariko dore ko uyu muhanzi azwiho gukunda abakobwa bagira amabuno. Icyakora uyu muhanzi yavuze ko muri iyi minsi atagikunda abakobwa ahubwo yihugiyeho muri iyi minsi.

 

Ubwo yari ku rubyiniro yavuze ati”hashize igihe nibaza impamvu ntigeze ntereta umukobwa mwiza wo mu gihugu cya Kenya, ariko ndabikumbura cyane, Hari uwitwa Manzi wo mu mujyi wa Nairobi niwe mukobwa unkururu cyane, navuga nde ubu, numvishe ko Vera Sidika atagira umukunzi, ese nibyo”.

 

Abaza abafana be Ari ku rubyiniro.Mu magambo macye, ugendeye kubyo uyu muhanzi yavuze Ari ku rubyiniro yavuze ko agize amahirwe yakemera ko Vera Sidika amubera umukunzi bagakundana, ndetse ngo niwe mukobwa muri Kenya yakemera ko amubera umukunzi.

 

Ibi bikurikiye nyuma Yuko uyu mukobwa Vera Sidika avuze ko ateretana n’umugabo wo mu gihugu cya Nigeria ahubwo adateretana n’umugabo wo mu gihugu cya Kenya.

Umwanditsi: Byukuri Dominique

Source: mpasho.co.ke

Advertising

Previous Story

Ese kubera iki abagore aribo bagaragara ko bashaje cyane kurusha abagabo ! Dore icyo inzobere zibivugaho

Next Story

Waruziko ushobora gutera inda kandi wakoresheje agakingirizo ! Dore icyo inzobere zibivugaho

Latest from Imyidagaduro

Intare FC yasinyishije umukinnyi mushya

Umuyobozi wa Intare FC, Byabuze Gatibito yavuze ko nta biganiro bigeze bagirana na Mukura VS yatangaje ko yasinyishije Ishimwe Jean-René wari intizanyo y’iyi kipe
Go toTop