Dore abasore ukwiriye kwirinda guhitamo uzaba umugabo wawe

25/06/2023 19:27

Hari umusore ushobora guhitamo nk’umukobwa ubuzima bwawe ukaba ubusize mukaga atari uko adashobora kubaka ahubwo ari uko imico ye utazabasha kuyiyobora neza ngo bigukundire.Muri make aha uba usabwa kumenya neza ko wahisemo neza bitewe n’imico y’uwo wifuza kuza kubera umugabo.

 

1.Umusore ushyushye

 

Aba basore rimwe uba uri urukundo rwubuzima bwabo ejo bakibagirwa ni taliki y’amavuko yawe. Mu kwezi kwa mbere mukundana uba uri mama w’abana be bataravuka ejo ukaba umeze nkutarigeze uba mu buzima bwabo.

 

 

2.Umusore usigana

 

Aba basore bahora bakubwira gukora ibintu runaka mbese akubwira gukora utuntu nawe yakora ibyo nabyo si byiza kuko Kenshi bikurura amakimbirane hagati yanyu.

 

 

3.Umusore usinda cyane

 

Niba ukundana n’umusore unwa amayoga menshi burya nawe si mwiza mu kuba mwabana.Ni wawundi muzakorera amafaranga we ejo akayamarira mu mayoga gusa ahubwo ukaguma ukora cyane wowe we ayanwera, ibyo rero ntacyo byabagezaho mu iterambere ryanyu.

 

Umwanditsi: Byukuri Dominique

 

Source: your tango.com

Advertising

Previous Story

Byamubabaje cyane ! Umusirikare yavuye ku rugamba atungurwa no gusanga nyina umubyara yarirukanye umugore we munzu

Next Story

Umuhanzi Prince yagarutse k’umukobwa ubeshywa urukundo n’abasore bakamusambanya abinyuza mu ndirimbo nshya yose ‘FIMBO’

Latest from Inkuru z'urukundo

Go toTop