Byamubabaje cyane ! Umusirikare yavuye ku rugamba atungurwa no gusanga nyina umubyara yarirukanye umugore we munzu

25/06/2023 18:01

Nyuma y’amezi menshi umugabo yaragiye gukorera hanze yumujyi, yagarutse mu rugo aziko agiye kwishimana n’umuryango we atungurwa nibyo yabonye hafi y’urugo rwe.

 

Uyu mugabo Daniel ngo akiri muto yahoze akunda ibintu byo kujya mugisirikare aho yamaraga amasaha Ari mu isomero rusange ari gusoma inkuru za gisirikare ndetse areba n’amafoto yabasirikare.

 

Uko yakomezaga gukura yakomeje gushakisha uko inzozi ze zaba impamo kuko yumvaga ntacyamuhagarika Aribwo nyuma yaje kwiyandikisha mu gisirikare ndetse byari itangiriro kuri we mu kugera ku ntego ze.

 

Yaryoherwaga no kwambara umwambaro wa gisirikare ndetse bikamunezeza cyane kuko yarindaga ubutaka bwe ndetse n’abantu be.

 

Amaze umwaka umwe mu gisirikare nibwo yashakanye n’umukunzi we biganye mu mashuri Megan ndetse aza kumubera umugore kuko Daniel yumvaga ko uyu mukobwa ariwe mugore umubereye cyane ko yamwumvaga ndetse akanamushyigikira cyane.

 

Daniel yahoze yifuza umukunzi utazamubuza kujya kure ya nyina umubyara ndetse uyu mugabo yahisemo neza kuko uyu mugore we Megan yitaga kuri nyina wa Daniel cyane.

 

Nyuma y’amezi atatu nibwo uyu mugabo yahawe akazi ko kujya gukorera kure yaho bari batuye ndetse ko azamarayo amezi cyari igihe kiza cyo gusezera umugore we ndetse basezerana ko bazajya bavugana buri munsi.

 

Nyuma yukwezi Daniel Ari mu kazi boss we yamubwiye ko bitakiri ngombwa ko baguma mu kazi ko bahita bataha, Daniel ahita ajya kugura indabo azaha umugore we nibahura avuye ku kazi.

 

Daniel akigera mu rugo yatunguwe no gusanga nyina asigaye aba hanze muri tente, abajije umugore we amubwira ko burya iyo umwana Atari mu rugo mama we aryama hanze.

 

Kandi burya Megan umugore we yurukanye nyina w’umugabo we hanze kuko umugabo Atari ahari.

 

Ibi byababaje umugabo kubwo kuba yarakunze umugore amubeshya ko akunda nyina Kandi amubeshya.

 

Daniel na Megan bidatinze bahise bahana gatanya.

 

 

Advertising

Previous Story

“Ntegereje undi musore wankunda tugakora ubukwe” ! Umugore yavuze ko yicuza cyane kubera ko yakoze ubukwe bwiza nyuma akaza kunanirana n’umugabo we

Next Story

Dore abasore ukwiriye kwirinda guhitamo uzaba umugabo wawe

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop