Diamond Platinumz yashyize yemera ko yateye inda Zuchu ndetse aca amarenga ko ashobora kuba agiye kubyara

07/07/2023 18:56

Umwe mubahanzi bamamaye cye ku isi Diamond Platinumz yaciye amarenga ko Zuchu agiye kumubyarira umwana.

Aciye kurukuta rwe rwa Instagram Diamond Platinumz yavuze ko umukunzi we atwite gusa yirinda gutangaza amazina y’utwite.Uyu muhanzi kandi yaciye amarenga ko azagaruka kuri Instagram muri Mutarama 2024.

Diamond Platinumz ni umuhanzi ukomeye muri muzika ya Afurika n’isi muri rusange dore indirimbo ye nshya yise My Baby iriguca ibintu hirya no hino.Mu nkuru twabagejejeho mu minsi ishize, Zuchu ubwe yemezaga ko ashobora kuba atwitiye Diamond Platinumz ndetse gusa akajya akunda guhakana ibya Diamond Platinumz ubundi akabyemera.

Ibi byaje nyuma y’aho Diamond Platinumz yari amaze gusomana n’Umunya-Ghana Fantana.Aya mashusho ya Diamond na Fantana yaciye ibintu bizamura urwego rw’imyidagaduro muri Afurika.

Previous Story

“Njye n’umugabo wanjye turacyararana n’umuhungu wacu w’imyaka 4 kandi tuzakomeza kurarana” ! Umugore yabaye urwamenyo abantu bamubwira ko bidakwiriye kurarana nawe

Next Story

“Twamucanyeho umuriro none avuye kwizima” ! Abari muri Diaspora bishimiye ko igitutu bashyize kuri Buryohe na Madam we cyatumye ahagarika inyigisho y’ibishegu!

Latest from Inkuru Nyamukuru

Kaminuza ya UTAB yahawe igihembo

Kaminuza ya UTAB iherereye i Byumba mu Karere ka Gicumbi yaherewe igihembo mu Imurikabikorwa ryaberaga mu Ntara y’Amajyaruguru mu Karere ka Musanze.Ni igihembo yahawe

Banner

Go toTop