“Njye n’umugabo wanjye turacyararana n’umuhungu wacu w’imyaka 4 kandi tuzakomeza kurarana” ! Umugore yabaye urwamenyo abantu bamubwira ko bidakwiriye kurarana nawe

07/07/2023 16:23

Umugabo n’umugorewe we bahinduye umuvuno nyuma yo kugaragazako ko bagisinzira mu buriri bumwe n’umukobwa wabo ufite imyaka ine, kandi nta gahunda bafite yo guhagarara.

mugukomeza amabanga yo gusana urugo.

Ibi bibaye mu gihe Caroline Chirichella ubwo yaratwite umwana we wa mbere, yahize ko azamubera umubyeyi kandi agakurikiza inyandiko z’igitabo’ kigizwe n’amahame’ ya sosiyete.
Ariko nyuma yo guha ikaze kw’isi Umukobwa we Lucia, kuva ubwo yakoresheje uburyo bwo kumurera ‘bworoheje’,ibi byatangiye ubwo yanze kumwohereza ku ishuri kugeza afite imyaka itanu kandi aryamana na we buri joro.

Umwanditsi w’imyaka 34, avuga ko abantu bose batemera imyifatire ya Caroline,bakunze kuvuga ko ‘ari hafi cyane’y’umukobwa we.bashaka kugaragazako batagakwiye kuba bakibana mugitanda kimwe

Caroline ukomoka mu gace ka Guardia, mu Butaliyani abasubiza agira ati: ‘Niba ntagomba kuba hafi n’umukobwa wanjye w’imyaka ine ariwe mubiri wanjye n’amaraso yanjye ubwo ninde nkwiye kuba hafi ye?’

‘Mu bihe byashize, abantu batanze ibitekerezo ko kutohereza umukobwa wanjye ku ishuri byari amakosa, ariko mvugishije ukuri,mbona ariho yari agomba kuba ari.
‘Nigisha umukobwa wanjye kuva murugo, azi inyuguti, imibare, imiterere n’iminsi y’icyumweru – akenshi, yuzuza ibisubizo ngabana bafite imyaka umunani.

Gusa nubwo asubiza ibitekerezo bibi kuburyo bwe bwo kurera yemeza ko akora ibyo yumva ko ari byiza kuri Lucia,rimwe na rimwe yibaza.

Yagize ati: ‘Ndibaza nimba kuba hafi yiwe byaba byarateje ibibazo bimwe na bimwe,ariko abana bose banyura mu byiciro.

‘Abana bagomba guhabwa umwanya kuko baba bakeneye gukura, kandi rimwe na rimwe bikubiyemo kunyura muri ibi byiciro.

‘Nizera ko buri mubyeyi afite uburenganzira bwo guhitamo uko barera abana babo, igihe cyose ari mumutekano kandi ufite ubuzima bwiza.

Caroline yabanje gutangaza amakuru nyuma yo kwerekana imyaka ye,itandukanye niy’umugabo we Vito, afite imyaka 23 kumurusha imyaka 57.

Avuga ko kuryamana n’umukobwa byabafashije nk’abashakanye kuruhuka neza nijoro, ndetse no kunoza umubano wabo w’urukundo. Caroline ati: ‘Byatumye umubano wacu, n’ubuzima bwacu bw’imibonano mpuzabitsina bikomera kuva naba umubyeyi mwiza kandi wuje urukundo k’umugabo wanjye – byanteye kumukunda cyane.’

‘Biremewe ko tubona ijoro ryiza ryo gusinzira, twese dukeneye rwose.’

Ariko, ntabibazo bibirimo.

Caroline yabisobanuye agira ati: ‘Rimwe na rimwe, umukobwa wanjye abashaka kuryama kandi sinasiga asinziriye wenyine, kuko mbamfite ubwoba bwo kuba yagwa ku buriri bwacu.

‘Igihe nikigera cyo kumwimurira mu buriri bwe, gahunda yanjye ni ukumushyira mu bikorwa, nko kumureka agahitamo uburiri, amabati n’itara rya nijoro.

‘Mvugishije ukuri sinzi imyaka nzabikoramo, kuva ubungubu, ntabwo ari impungenge zacu. Nkunda gusinzira iruhande rwumukobwa wanjye no kumva ahumeka byobyonyine,birampumuriza.

‘Nta gahunda mfite yo kuba nabihagarika vuba aha.’

Gusa naba amaze gukura,azaba arumwe mu bagize umuryango ushyigikiwe kandi wuje urukundo.
Nyamara Caroline avuga ko byose bijyanye n’uburinganire, akavuga ko ababyeyi benshi bakeneye no kuba inshuti y’abana babo aho kuba umuyobozi gusa.

Ati: ‘Ugomba gushaka ko umwana wawe yumva ko akunzwe kandi ko ashyigikiwe, mu gihe uzi ko mufite umutekano’.’Ndashaka kandi ko yumva ko ashobora kumbwira ikintu icyo ari cyo cyose atumva afite ubwoba cyangwa isoni kandi ibi byose bitangirana urukundo. Umukobwa wanjye azi urukundo nyarwo icyo aricyo cyose kandi amahitamo yose ahitamo mubuzima azadutera inkunga yuzuye. ‘

Ku bijyanye n’ibitekerezo yakiriye ku bijyanye no gusinzira bidasanzwe, Caroline yongeyeho ati: ‘Nta kintu na kimwe cyitwa “gisanzwe” kuko iyi myumvire ishaje – Ntekereza ko icy’ingenzi ari abana b’ababyeyi bafite urukundo, kubahana no kuba inyangamugayo.’

Ivomero;WSTale.com

Yanditswe na Bimenyimana JeandeDieu Felicien

Advertising

Previous Story

M23 yatanze nyirantarengwa kuri Leta ya Congo ivuga ko mu gihe habayeho kubashotora intambara yarota

Next Story

Diamond Platinumz yashyize yemera ko yateye inda Zuchu ndetse aca amarenga ko ashobora kuba agiye kubyara

Latest from Inkuru z'urukundo

Go toTop