Advertising

Clarisse Karasira yasabye abakunzi be kumuhitiramo indirimbo yasohora

13/10/2024 12:17

Clarisse Karasira yasabye abakunzi be kumuhitiramo indirimbo nshya yasohora  mu zirenze imwe yabahaye.Clarisse Karasira asigaye akorera umuziki hanze y’u Rwanda muri Leta zunze ubumwe za Amerika.

Anyuze ku mbuga Nkoranyambaga ze ,yagaragarije abakunzi be ko abafitiye ibihangano byinshi kandi byiza bakwiriye guhitamo kimwe.

Yagize ati:”Bakundwa muri izi ndirimbo, ni iyihe mwumva  yasohoka mbere ? ; Icyimbo, Roho, Imbere, Ruhinyuz’Imana. Urukumbuzi rwo ni rwinshi , nimutahe”.

Nyuma yo kubaha ibi byifuzo, abakunzi be bamugaragarije urukundo rwinshi ndetse bamubwira ko bifuza ko ‘Roho’ yasohoka mbere.

Ni nyuma y’aho aherutse gushyira hanze iyo yise ‘Ibarabara’  igaruka ku buzima bw’imibereho y’abana bo mu muhanda n’uburyo badakwiriye guuhutanza.

Leave a Reply

Your email address will not be published.

Previous Story

Muri Kenya umugabo yishwe n’abahungu be

Next Story

Uzabitekerezo witonze mbere yo gukora Divorce

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amavubi yatsinze Benin ayirusha

Ikipe y’Igihugu y’uRwanda Amavubi yatsinze Bénin ibitego 2-1 mu mukino wo gushaka itike y’igikombe cy’afurika 2025 kizabera muri Morocco, n’Umukino w’Umunsi wa 4 mu
Go toTop