Dore amafunguro 5 ukwiriye kurya nyuma yo gutera akabariro

04/01/2023 21:11

Urukundo ni ingenzi cyane ndetse rukaba kimwe mu bishimisha abantu.Muri iyi nkuru turakwereka amafunguro  5 udakwiriye kwirengagiza nyuma yo gutera akabariro.Dore amafunguro 5 ukwiriye kurya nyuma yo gutera akabariro.

Amafunguro umuntu arya niyo amuhereza inzira yo kubaho neza mu gihe akiri mu buzima ndetse ni kimwe mu bintu nkenerwa cyane kugira ngo abantu ababeshe kororoka na cyane atera imbaraga.Mu rwego rwo gutera akabariro hari amafunguro yihariye abantu baba bakwiriye kwitaho haba nyuma cyangwa mbere y’igikorwa nyirizina.

Za Karori nyinshi zirahatakarira iyo abantu bari gutera akabariro ubwabo ku buryo umubiri usigara ukeneye nyinshi cyane kurenza izo bari bafite.Ubushakashatsi buvuga ko kuva kuri 60 kugeza ku 100 bya Karori zitakara muri iki gikorwa kiri mu bikunzwe cyane n’abatari bake ku isi.Ibi kandi biterwa n’uburyo mwitwaye muri icyo gikorwa dore ko biba bisaba kwisanzura munzira zose.

Kurya nyuma y’iki gikorwa byongerera umuntu imbaraga aba yatakaje muri icyo gikorwa ndetse naza k

arori zikaba zabasha kugaruka bitewe n’amafunguro aba yariwe na nyiri ubwite , ari nayo mpamvu uyu munsi tugiye kubafasha kumenya amafunguro wakwitaho kumeza yawe nyuma yo gutera akabariro.

1.Igi

Igi ni ifunguro ryiza cyane, igi rirafasha cyane, igi rigira utumaro twinshi mu mubiri w’umuntu mu rwego gukomeza

kurya ibidakwiriye gufasha umubiri wawe muri rusange.Kurya amagi nyuma yo gukora kiriya gikorwa birafasha cyane

kuko byongerera umubiri wawe ububasha n’ubushobozi.Kurya amagi bijyana no kurya imboga n’imbuto ndetse n’ibyerekeye amagi n’ibindi bitandukanye.

2.Avoka

Ikindi kiribwa cy’ingenzi cyane ukwiriye kurya nyuma yo gukora imibonano mpuzabitsina ni avoka, iki kiribwa gikundwa n’abatari bake ariko abashakanye bagirwa inama yo kwita ku kiribwa cya avoka kuko gifasha mugusubirana imbaraga ziba zatakaye nyuma mu gikorwa nyiri zina.Iyi avoka ibonekamo vitamin E.Urukundo ni ingenzi cyane.

4.Watermlon

N’ubwo batayitaho ariko ikiribwa cya Watermelon n’ingenzi cyane Yuma y’igikorwa.

5.Imineke.

6.Ibijumba

Ikiribwa cy’ibijumba n’inzi cyane nyuma y’igikorwa cyo gutera akabariro.

Advertising

Previous Story

Dore ibintu umugabo akwiriye kwirinda ! Icyambere : Ntuzishyure igitsina

Next Story

Nkore iki: Nabaswe n’urumogi none bantwariye umukobwa twakundana nkimukeneye

Latest from Ubuzima

Menya ibyiza bidasanzwe byo kurya inanasi

Inanasi ni urubuto ruzwi cyane ku isi yose kubera uburyohe bwayo ndetse n’akamaro k’ubuzima ifite. Uru rubuto rukomoka mu muryango w’ibinyomoro (Bromeliaceae) kandi rwamenyekanye

Menya ibyiza utari uzi byo kurya ipapayi

Ipapayi ni urubuto rutangaje kandi rwuzuye intungamubiri nyinshi zituma ruba ingenzi mu mubiri w’umuntu. Aha twaguteguriye ibyiza bitandukanye byo kurya ipapayi: 1. Kubungabunga
Go toTop