Umugore w’abana 3 yatunguwe no kumenya ko umugabo we yapfuye mu myaka 2 mbere y’uko bamenyana

19/12/2022 16:42

Umugore wo mu gihugu cya Nigeria , yahuye n’uruva gusenya nyuma kumenya amakuru atangaje y’uko umugabo yapfuye mbere y’uko bamenyana.

Umugore w’abana 3 wo mu gihugu cya Nigeria, yatewe ikibazo no kumenya amakuru y’uko umugabo we yapfuye

mbere mu myaka 2 yashize batarahura ngo bashyingiranwe.Iyi nkuru yabaye kimomo nyuma yaho ishyizwe kurubuga rwa

‘Twitter’ rw’uwitwa Peace-Ighodaro, wavuze ko uyu mugore ari umuturanyi we ashimangira ko uyu mugore yamenye ko yashyingiranwe n’umurambo.

Nk’uko byatangajwe, uyu mugore yamenye iyi nkuru itangaje n’amateka y’umugabo we wapfuye nyuma yo gusura icyaro aho

https://www.youtube.com/watch?v=1aAtvZv57Lg
REBA IYI VIDEO TWAGUTEGURIYE

yari atuye agiye gusura umuryango we.Uyu wabyanditse yagize ati:”Uyu mugore yaje kumenya ko yashakanye n’umugabo wapfuye

mu myaka yatambutse kuko anavuga ko uwo mugabo we yamuteye inda ubwo bari bagikundana arinabwo bimukiye hano turaturana”.

Yakomeje agira ati:’Bimukiye hano ntuye,bagura ubutaka barubaka, barabana nyuma ubwo umugore yari agiye ku isoko, yaragarutse asanga urwandiko umugabo we yari yamwandikiye we n’abana be.Ntabwo byoroshye kubyemera ariko nyuma twaje kuemenya ko umugabo we yari yarapfuye kera nko mu myaka 2 yatambutse”.

Iyi nkuru idasanzwe yatumye benshi bibaza niba uyu mugabo yari yaraje nk’umuzimu , n’ubwo  abazi Imana n’abayemera bemera ko iyo umuntu yapfuye ntabundi bwenge aba afite cyangwa ngo abe ashoora kugira icyo atekereza ashobora gukorera ku.

Iyi nkuru yafashwe nk’ibimenyo byahimbwe na cyane mu bwonko bw’abayisomye n’abayumvise bayifashe nk’igihuha.Iyi nkuru y’uyu mugore yabaye isomo ku bantu bose bizera ibintu by’ibihimbano na cyane uyu wayishyize kuri konti ye ya twitter atigeze agaragaza aho yakuye iyi nkuru y’amayobera uretee kugaragaza neza ko yari aziranye n’aba bantu avuga ko bari baturanye ahantu yari atuye nabo batuye nk’uko yabyanditse mu magambo y’icyongereza twagerageje kubashyirira mu rurimi rw’ikinyarwanda ijambo kuri ndi nk’uko yabuvuze ko.Ubusanzwe inkuru nk’izi ziza mu gihe hari icyo zishatse kugaragaza , abantu bizera Imana Jehova, bizera ko uwapfuye ntakintu aba ashoboye gutekereza cyangwa gukora.

Inkomoko: ghpage.com

Advertising

Previous Story

BIRATANGAJE: Umugore yafashwe ari gushyira ikariso ye mu nkono y’ibiryo yari atetse

Next Story

Rusizi: Rusine na Bushali bagiye gukorera ibitangaza mu gitaramo Javanix azamurikiramo indirimbo ‘Amabiya’

Latest from Ubuzima

Menya ibyiza utari uzi byo kurya ipapayi

Ipapayi ni urubuto rutangaje kandi rwuzuye intungamubiri nyinshi zituma ruba ingenzi mu mubiri w’umuntu. Aha twaguteguriye ibyiza bitandukanye byo kurya ipapayi: 1. Kubungabunga
Go toTop