Umugore wiyanditseho umubiri wose arwaye indwara ishobora kumwica

23/12/2022 19:55

Umukobwa yishyize ho Tatuwaje ku mubiri we ndetse binavugwa ko arwaye indwara ishobora kumwica.Uyu mugore wiyanditseho umubiri wose arwaye indwara mbi cyne.

Umukobwa yishyize ho Tatuwaje ni we witangarije ko arwaye indwara ikomeye yitwa Schizophrenia, iri mu ndwara zikomeye cyane kandi zituma hari

n’abapfa.Amber Luke, yafashe umubiri 98% biwugize abisiga tatuwaje ku muri hafi ku wumara n’amarangI.Amber yavuze

ko yavukanye ubu burwayi atangaza ko bumutwara akayabo kangana n’amafaranga  140, 000 y’amayero.

Uyu mukobwa , amaze kwigarurura abantu batandukanye nyuma yo kumara igihe akoresha ‘Instagram’, aho amaze gukurikirwa

n’abantu ibihumbi 60 kandi bose bamwerekako bakunda kandi ko bamuhoza ku mutima.

Mu minsi mike ishizwe nibwo Amber, yifashe amashusho we Amber Luke ubwe maze

ashyira hanze iby’ubuzima bwe, avuga ko yavukanye indwara imaze kumenyekana nka Schizophrenia.Yageze ati:”Njye naje ku isi

kugirango nige ibintu byinshi kandi ikintu cyiza n’uko ndikubona ko abizi neza.

Navutse nitwa Schizophrenia, iyi ni intero yambere y’ubuzima bwanjye, akenshi kunda kumva ndetse nkabona ibintu bidahari , ibi ni ibimentso

simusiga by’uko nshobora kuba nyirwaye kandi ko nayivukanye.Ubwo navukaga, ninabwo nahise menya ko nzanapfa.Nari mfite imyaka

7 gusa kugira ngo mbe maze kwiga no kumenya ko umunsi umwe nzapfa.Uyu mukobwa uvuka mu gihugu cya Australia,

yatekereje gukoresha imbuga nkoranya mbaga kugira ngo abwire abantu iby’ubizima abayemo.Ati:” Schizophrenia

ntacyo itwaye rwose habe nagatoya, erega ibintu byinshi bisaba kwitonda no gushishoza”.

Uburyo mbonamo iyi ndwara, busa nubukomeye kandi buhagarika byinshi cyane.Abantu beza bose bafite ubu burwayi kandi bameze neza n’ubwo turi kubura abandi beza kubera bo.N’ubwo yavukanye n’iyi ndwara ariko yaje kumenya ko ayifite amaze kugira imyaka 23 y’amavuko.

Yatangaje ko n’ubwo bivuna bikanamugore kubyemera ko arwaye ariko ngo umutima we uhora ukeye n’ubwo hari abamufata nabi bakamufata uko atari bitewe na tatuwaje yishyizeho umubiri we wose.Ese birakwiye ko umuntu yishyiraho ibi bintu ? WOWE UBYUMVA UTE ? Yatangaje benshi tuzi mu Rwanda kimwe n’ahandi kwisi.

Advertising

Previous Story

Abagore gusa: Menya uburyo wakoresha ukabasha gutera akabariro neza uri mu mihango

Next Story

Imbwa y’imyaka 14 yitwa Haze yongeye guhura n’umuryango wayo nyuma y’iminsi 30 ibuze

Latest from Ubuzima

Menya ibyiza utari uzi byo kurya ipapayi

Ipapayi ni urubuto rutangaje kandi rwuzuye intungamubiri nyinshi zituma ruba ingenzi mu mubiri w’umuntu. Aha twaguteguriye ibyiza bitandukanye byo kurya ipapayi: 1. Kubungabunga
Go toTop