Umukobwa numusangana ibi bimenyetso 5 uzamenye ko akiri isugi
Ubusugi ntabwo bupimishwa amaso cyangwa bupimishwe ikindi gipimo.Hari abakobwa benshi bagira ibibazo bitandukanye , bakitwa ko atari amasugi kandi ariyo.Muri iyi nkuru turarebera hamwe uburyo wamenya niba umukobwa ari isugi.
Ubusanzwe gupima ubusugi bw’umukobwa ntago bigombera kuryamana nawe cyangwa gukoresha ikindigipimo, ahubwo hari ibintu byinshi bishobora kukwereka ko umukobwa ari isugi cyangwa ko atakiri isugi. Ibi biterwa n’uko abakobwa bo ubwabo batazi kwihishira n’iyo abigerageje umubiri we uramutamaza. Doreimwe mu myifatire iranga abakobwa batakiri amasugi.
ESE NI IKI CYATUMA UMENYA KO UMUKOBWA ARI ISUGI.
Mu by’ukuri iyo ubajije umukobwa niba ari isugi ararakara. Umukobwa utakiri isugi iyo ubimubajije agusubizanya umujinya akakubwira ko bitakureba ndetse akabigira birebire....