Monday, May 13
Shadow

Ubuzima

Muri iyi category y’ubuzima twandikamo inkuru z’ubuzima gusa n’ibindi bijyanye n’ubuzima byonyine.

Umukobwa numusangana ibi bimenyetso 5 uzamenye ko akiri isugi

Umukobwa numusangana ibi bimenyetso 5 uzamenye ko akiri isugi

Ubuzima
Ubusugi ntabwo bupimishwa amaso cyangwa bupimishwe ikindi gipimo.Hari abakobwa benshi bagira ibibazo bitandukanye , bakitwa ko atari amasugi kandi ariyo.Muri iyi nkuru turarebera hamwe uburyo wamenya niba umukobwa ari isugi. Ubusanzwe gupima ubusugi bw’umukobwa ntago bigombera kuryamana nawe cyangwa gukoresha ikindigipimo, ahubwo hari ibintu byinshi bishobora kukwereka ko umukobwa ari isugi cyangwa ko atakiri isugi. Ibi biterwa n’uko abakobwa bo ubwabo batazi kwihishira n’iyo abigerageje umubiri we uramutamaza. Doreimwe mu myifatire iranga abakobwa batakiri amasugi. ESE NI IKI CYATUMA UMENYA KO UMUKOBWA ARI ISUGI. Mu by’ukuri iyo ubajije umukobwa niba ari isugi ararakara. Umukobwa utakiri isugi iyo ubimubajije agusubizanya umujinya akakubwira ko bitakureba ndetse akabigira birebire....
Ubushakashatsi: Uburyo ushobora kwikura mumva mu gihe washyinguwe uri muzima

Ubushakashatsi: Uburyo ushobora kwikura mumva mu gihe washyinguwe uri muzima

Ubuzima
Ese birashobokako umuntu ashobora gushyingurwa ari muzima , akisanga mu isanduko musi y’itaka kandi agihumeka? Ahari birashoboka ese igihe byabaye wakora iki kugira ngo ubashe kurokoka ? Muri iyi nkuru turahuza ubumenyi ubashe kumenya icyo wakora. Tekereza nawe uri ahantu bagushyize ngo uruhukire , urimo kugerageza gufungura kugira ngo usohoke hanze.Harafunze, nta telefone ugira , nta internet, ndetse nturi no hanze nta n’umuntu n’umwe uraza ngo agukize, Icyo wowe utegereje ni ugupfa wumva. Guhumeka uri munsi y’itaka , bigora cyane kurenza gufungirwa ahantu hawenyine muri gereza. 1.Gerageza gufata neza umwuka wawe. Koresha neza umwuka ufite, tekereza ko washyizwe ahantu utabasha kubona umwuka , ukoreshe neza uwo usgiranye nk’utagiye kubona undi vuba.Irindi guhumeka cyane kuko biz...
Menya ibyago biterwa no kunywa Soda

Menya ibyago biterwa no kunywa Soda

Ubuzima
Kunywa soda bifite ibyago byinshi byo kwandura kanseri .Abahanga basanze kunywa soda imwe ku munsi bifite ibyago byinshi byo kwandura kanseri Ubu bushakashatsi bwakozwe n’inama ya ‘kanseri Victoria’ ifatanije na kaminuza ya ‘Melbourne’ batangajeko, kunywa ibinyobwa bya karibone bishobora kongera ibyago byinshi byo kurwara kanseri y’umwijima ku kigero cya 73%. Ubu bushakashatsi bugaragaza cyane cyane ububi bwo kunywa isukari nyinshi gusa bikaba biba mu binyobwa byinshi kandi ibi bikaba bikunzwe kunyobwa cyane n’abantu benshi . Ubushakashatsi bukaba bwararebye amakuru yaturutse ku Banya-Australiya bari hejuru y’ibihumbi birenga 35.000 bityo abangana na 3.283 bakaba barwaye kanseri 3.283. Ababashakashatsi bavumbuye ko abantu banywa ibinyobwa birimo isukari birenze bibiri ku munsi ba...
Dore amasaha meza yo gutereraho akabariro kubashakanye

Dore amasaha meza yo gutereraho akabariro kubashakanye

Ubuzima
Ubusanzwe abantu benshi mubashakanye ntabwo bazi amasaha meza bakwiriye gukoreraho imibonano mpuzatina.Muri iyi nkuru turagaruka ku masaha meza yo bakwiriye kubikoreraho ubundi bagashimishanya nk’uko babyifuza. Urukundo rugereranywa nka kimwe mu gice cyo gukundana ndetse ni urufunguzo rw’ibyishimo mu buzima bwa buri muntu muri iyi si.Urukundo rugendana no gutera akabariro aho abashakaye bahura bagasangira urukundo , bagashimishanya ndetse buri wese akanyurwa kurwego rwe dore ko hari abantu bamaze kwemera kuba imbata yabyo. Bamwe bemera ko gutera akabariro mbere yo kuryama aribyo byiza abandi bakemera ko kubikora mu masaha ya mu gitindo aribyo bizima bitewe n’uko mu masaha ya mu gitondo aribwo umusemburo wa Testosterone uba waramaze kuzamuka.Umuntu ukora imibonano mumasaha ya mu giton...
Watermelon ivura uburemba kubagabo ikongerera abagore ububobere

Watermelon ivura uburemba kubagabo ikongerera abagore ububobere

Ubuzima
Urubuto rwa Watermelon ni ingenzi cyane mubuzima bwa muntu haba kubagore ndese no kubagabo.Iyi Watermelon ubishatse wayita umwungu cyangwa igihaza cyo guhekenya kuko ni urubuto rwera ku ruyuzi, rugira indabo zisa n’intutu kandi rufite bimwe ruhuriyeho n’ibihaza. Mu ndimi zo mu bihugu bidukikije bayita tikiti cyangwa tikitimaji. Watermelon imeze nk’aho ntaburyo igira kuko iyo uyirya uba wumva ari nk’amazi arimo agasukari gake.Ni urubuto rwuzuye umutobe, rworohereye, rurimo utubuto duto duto tw’umukara. Ni isoko nziza y’amazi acyenewe kimwe n’izindi ntungamubiri. Uru rubuto ruribwa baruhekenya, aho urya icyo gice gitukura. Ushobora kandi no gukamuramo umutobe ukaba ari wo unywa.Watermelon uzayisangamo intungamubiri zinyuranye, imyunyungugu na za vitamini. Twavugamo Vitamini A, B1, B3, B6...
Menya umwihariko w’amafi k’ubuzima bwawe

Menya umwihariko w’amafi k’ubuzima bwawe

Ubuzima
Ubusanzwe amafi ni kimwe mu biribwa bwiza cyane abantu benshi baba bategereje kumeza.Amafi agira intungamubiri zihariye ari naho bamwe bahera bavuga ati:”Ni ifunguro ritera akanyamuneza”.Isamaki cyangwa ifi ni nziza cyane. Ubusanzwe bamwe bazishyira hamwe n’inyama ariko amafi ni ibyokurya byihariye dore ko afite byinshi atandukaniyeho n’inyama z’amatungo abagwa, kuko akenshi zo ziribwa nyuma yo kumishwa, ndetse n’izitumishijwemu buryo bwabugenewe abaziteka babanza kuzikaza ku buryo zisa n’izishizemo amazi. Mu buryo bwose amafi ni ibyokurya usanga henshi dore ko n’abatabasha kurya inyama kubera ubwivumbure zibatera, hari igihe amafi bayarya n’ubwo nayo hari abo atera ubwivumbure. Kuva ku munopfu wazo, kugera ku mavuta akurwa muri zimwe, zaba izikurwa mu byuzi cyangwa izirobwa mu mazi ...
Umugore utwite yabyariye mu musarani umwana ahita agwamo atabarwa n’abashinzwe umutekano

Umugore utwite yabyariye mu musarani umwana ahita agwamo atabarwa n’abashinzwe umutekano

Ubuzima
Ni inkuru idasanzwe yatangaje benshi muri iyi si.Kumva ko umugore yabyariye mu bwiherero ntabwo bisanzwe gusa aho umugore afatiwe niho abyarira nk’uko byagaragaye. Ibi byabaye ku munsi wo ku wa kane, ubwo umugore utwite wo mu Ntara ya Mombasa mu gihugu cya Kenya yibarukiye mu musarani mbere y’uko uruhinja rwaje kugwa mu mwobo w’umusarani. Nk’uko amakuru abitangaza, uyu mugore yagombaga kubyarira mu bitaro bya Likoni Sub-County,ibi byabaye ubwo yari yagiye kwihagarika mu musarani w’ibitaro doreko yari afite ububabare bukabije maze kwihangana bikamunanira. Umuyobozi w’ikigo gishinzwe kuzimya inkongi y’umuriro Mombasa County, Ibrahiw Basafar waganiriye n’ikinyamakuru cyo muri Kenya cyitwa Baraka FM yavuze ko batabaye uruhinja ubwo bahise bagera aho byabereye.Uyu mugabo yakomeje avu...
Rubavu: Imbwa yariye ubugabo bw’umwana muto witwa Ntari Justin Tildon  bahita bayica

Rubavu: Imbwa yariye ubugabo bw’umwana muto witwa Ntari Justin Tildon bahita bayica

Ubuzima
Umwana muto cyane ufite imyaka 7 wo mu Karere ka Rubavu arembeye mu bitaro bikuru bya Kigali CHUK nyuma y’uko imbwa y’iwabo imukase ubugabo ikabumaraho nayo igahita yicwa. Ni inkuru y’agahinda yabaye kuri uyu wa 22 Gashyantare 2023, mu masaha ashyira saa saba z’amanywa mu Murenge wa Rugerero, akagari ka Kabirizi ho mu mudugudu wa Nyamiyiri.Uyu mwana witwa Ntari Jistin Tildon yariwe n’imbwa ubugabo ubwo umukozi wo muri uru rugo yari hanze.Umuvugizi wa Polisi mu ntara y’Iburengerazuba, CIP. Mucyo Rukundo, yahamirije Rwandanews24 aya makuru. Ati “Nibyo koko imbwa yariye ubugabo bw’umwana ubwo umukozi wo muri urwo rugo yari hanze witwa Uwase Cynthia yari kumwe n’undi mwana wo mu baturanyi witwa Bizimana Fabrice, nibwo imbwa yo muri urwo rugo yinjiye munzu irya ubugabo bw’umwana ibukurah...
Dore bimwe mu byagufasha gukira vuba igisebe mu gihe wabyaye bakongereye

Dore bimwe mu byagufasha gukira vuba igisebe mu gihe wabyaye bakongereye

Ubuzima
Ni kenshi umugore abyara ababaye, nyuma yo kubyara nabwo agasigara ahangana no gukira igisebe yasigiwe n’aho umwana yanyuze kabone n’ubwo yabyaye yongerewe atabazwe. Muri iyi nkuru, tugiye kurebera hamwe bimwe mu byagufasha gukira icyo gisebe vuba. Ubushakashatsi bugaragaza ko abagore 9 mu 10 bagiye kubyara bwa mbere batabazwe, bisaba ko babongerera [Episiotomy]. Ni uburyo bwo gukata ku gitsina cy’umubyeyi ugana hasi ku kibuno, kugira ngo umwana atambuke neza. Abaganga bakoresha indodo zabugenewe, maze bakadoda icyo gisebe. Umubyeyi anyura mu buribwe iyo icyo gisebe kitari cyakira ku buryo agorwa cyane no kwicara, kujya mu byiherero n’ibindi. Ibi ni bimwe mu byagufasha gukira vuba icyo gisebe 1. Kuryama ukareka igice cyo hasi kitambaye Gukuramo imyambaro yose igice cyo has...
Burya umunaniro ukabije watuma umera imvi kandi udashaje

Burya umunaniro ukabije watuma umera imvi kandi udashaje

Ubuzima
Ahari ushobora kuba warabyumvise cyangwa bikaba ari ubwa mbere wumvise ko stress ishobora kugutera kuzana imvi imburagihe. Ubusanzwe icyegeranyo kigaragaza ko abagabo bamera imvi guhera ku myaka 30 naho abagore bakazizana hejuru y’imyaka 35 gusa bitewe n’akoko hari abashobora gutangira kuzimera munsi y’iyo myaka nkuko hari n’abazimera barengeje 50. Ibi kubisobanura neza turifashisha imwe mu mikorere y’umubiri wacu. Muri rusange umutwe wacu ufite imizi y’imisatsi igera ku 100000 kandi iyo mizi ihora yiteguye kumeraho imisatsi myinshi uko hagize ucika, nko mu gihe wiyogoshesha. Aho umusatsi utereye niho hari urwo ruganda rukora imisatsi aho uturemangingo dufatanyiriza hamwe mu gukora umusatsi ufite ibara ryirabura. Uko kwirabura k’umusatsi bikaba biterwa nuko umubiri wacu urimo melan...