Dore amasaha meza yo gutereraho akabariro kubashakanye

27/02/2023 12:19

Ubusanzwe abantu benshi mubashakanye ntabwo bazi amasaha meza bakwiriye gukoreraho imibonano mpuzatina.Muri iyi nkuru turagaruka ku masaha meza yo bakwiriye kubikoreraho ubundi bagashimishanya nk’uko babyifuza.

Urukundo rugereranywa nka kimwe mu gice cyo gukundana ndetse ni urufunguzo rw’ibyishimo mu buzima bwa buri muntu muri iyi si.Urukundo rugendana no gutera akabariro aho abashakaye bahura bagasangira urukundo , bagashimishanya ndetse buri wese akanyurwa kurwego rwe dore ko hari abantu bamaze kwemera kuba imbata yabyo.

Bamwe bemera ko gutera akabariro mbere yo kuryama aribyo byiza abandi bakemera ko kubikora mu masaha ya mu gitindo aribyo bizima bitewe n’uko mu masaha ya mu gitondo aribwo umusemburo wa Testosterone uba waramaze kuzamuka.Umuntu ukora imibonano mumasaha ya mu gitondo bavuga ko aba afite imbaraga ndetse n’imisemburo ye yazamutse.

Ubushakashatsi bugaragaza ko saa 5H00’ , za mu gitomdo ariyo masaha meza kubakundana yo gutera akabariro nk’uko abahanga batandukanye babivuga by’umwihariko ASHLEY Grossmad, ukora mu bitaro bya WEBMD.Bavuga ko mu masaha ya mu gitondo imisemburo itandukanye ikora neza kandi igakora cyane nk’uko babivuga.

Ku ijanisha , abahanga bavuga ko 50 kugeza kuri 70% by’abantu baba bagomba kubikora muri ayo masaha bitewe n’akazi kabo , dore ko hari ababyuka mbere y’ayo masaha bagiye mukazi gatandukanye bigatuma batabasha gutera akabariro nk’uko byakagombye.Ubusanzwe n’ubwo bimeze bityo, abandi bahanga bemeza ko abakundana baba bagomba kugira amasaha yabo ndetse na gahunda y’uko bakora imirimo yabo isanzwe bakareba n’igihe babonekera kugira ngo bemeranye ku masaha yo guhuza urugwiro n’umunezero ntawe ubangamiye mugenzi we.
Kuba abantu bamwe bamara igihe kirekire mu buriro cyangwa mu kazi kabo , bigira ingaruka mu miryamire yabo bityo bigatuma abantu batabasha kumenya aheza ho kwerekeza.Ese wowe ubona amasaha meza yo gutera akabariro hagati y’abakundana cyangwa abandi bantu yaba saangapi.Ese wemeranya n’abavuga ko byaba byiza bikozwe mu masaha ya mu gitondo cyangwa isaha n’isaha babikora ? Urukundo ntabwo ruhitamo igihe cyanyacyo kuko urukundo rudahitamo inzira mbi bigendanye n’uruyoboye.

Advertising

Previous Story

Watermelon ivura uburemba kubagabo ikongerera abagore ububobere

Next Story

Uko warwanya umwuka mubi wo mu gitsina

Latest from Ubuzima

Menya ibyiza utari uzi byo kurya ipapayi

Ipapayi ni urubuto rutangaje kandi rwuzuye intungamubiri nyinshi zituma ruba ingenzi mu mubiri w’umuntu. Aha twaguteguriye ibyiza bitandukanye byo kurya ipapayi: 1. Kubungabunga
Go toTop