Kumagara mu gitsina ari nabyo bakunze kwita kuba mukagatare, ni ikibazo gikunze kuba ku bagore n’abakobwa mu buzima bwabo gusa bikaba akarusho iyo ageze
Bamwe mu banyeshuri baryamana bahuje ibitsina biga mu mashuri makuru na za kaminuza mu Rwanda, basanga imbogamizi bakomeje guhura na zo mu myigire yabo