Nkore iki ? : Nakunze umusore cyane mwimariramo mugejeje iwacu abonye dukize agira ubwoba ambwira ko atabona inkwano bazamuca aranyanga
Inkuru yacu y’uyu munsi iragaruka ku mukobwa wagishije inama akavuga ubuzima bw’urukundo yagiranye n’uwo yakundaga ariko nyuma yamugeza mu rugo iwabo, akagira ubwoba akamusaba