Monday, May 20
Shadow

Inkuru z’urukundo

Hano twandikamo inkuru z’urukundo gusa n’izijyanye n’urukundo.

Ese Koko Iyo umukobwa akubwiye ngo azabitekerezaho bivuze KO nawe yagukunze?

Ese Koko Iyo umukobwa akubwiye ngo azabitekerezaho bivuze KO nawe yagukunze?

Inkuru z'urukundo
Iyo umukobwa avuze ko azabitekerezaho, ni ngombwa kumva ibintu bibiri. Ubwa mbere, birashobora gusobanura ko akeneye rwose umwanya wo gusuzuma ikibazo cyangwa icyemezo kiganirwaho kuburyo atazicuza nyuma. Abagore, kimwe n'abandi bose, bashobora gupima ibyiza n'ibibi mbere yo guhitamo, cyane cyane niba ari ikintu gikomeye. Bishobora kuba bikubiyemo ibyiyumvo bye, gahunda zigihe kizaza, cyangwa ibindi bintu agomba gutekereza. Icya kabiri, birashoboka kandi kuba inzira y'ubupfura yo kubireka no kutemera ibyo atavuze neza oya. Rimwe na rimwe, abantu bashobora gukoresha iyi nteruro kugirango birinde guhangana cyangwa kugira umwanya wo gutegura igisubizo bumva bamerewe neza. Ni ngombwa kubaha icyemezo cye no kumuha umwanya akeneye wo gutunganya ibitekerezo bye. Kumuhatira igisubizo cyi...
Impamvu ituma umugabo arangiza vuba mu gihe ari gutera akabariro

Impamvu ituma umugabo arangiza vuba mu gihe ari gutera akabariro

Inkuru z'urukundo, Ubuzima
Benshi mu bagabo bagira ibyago byo kurangiza vuba, muri iyi nkuru turarebera hamwe impamvu yabyo n'icyo yakora kugira ngo abihagarike. Kurangiza vuba [ Premature Ejaculation (PE) ], bituma umugabo atakaza bimwe mu bimugize nk'umugabo.Izi ngaruka ziri mu basore benshi kimwe n'abagabo bamaze byibura munsi y'imyaka 3 bashatse. Kurangiza vuba biterwa no kumva uburyohe bw'igikorwa ariko akanabirwa guhagarika ibyiyumviro. Nka kimwe mu bibazo bihangayikishije abagabo, kurangiza vuba bitera umujagararo , kwiheba no kwisuzugura ndetse bikangiza umubano w'abantu babiri.Muri iyi nkuru dukesha Healthline, turarebera hamwe impamvu zitera kurangiza vuba byimbitse n'uburyo bwo kubyirinda. IBITERA KURANGIZA VUBA: Nk'uko twabigarutseho haraguru, kurangiza vuba biterwa n'impamvu zinyuranye , zir...
Uko wakiza amagara yawe ugatandukana n’uwo mwashakanye mutumvikana

Uko wakiza amagara yawe ugatandukana n’uwo mwashakanye mutumvikana

Inkuru z'urukundo
Mu gihe ubona wowe n'uwo mwashakanye hashobora kuzazamo impfu kubera intonganya no ku rwana kwanyu bya hato na hato, gutandukana niyo mahitamo yanyuma. Isi yawe igaragara nk'iyijimye kubera urukundo rubi, urushako rubi ubanamo n'uwo wari warihebeye.Nubwo ari uko bimeze ariko amahirwe urayafite yo gukuba watandukana nawe kugira ejo hatagira ubura ubuzima bwe hagati yanyu mwembi.Kuko ufite impamvu zo kubaho ubuzima bwawe niyo mpamvu usabwa gutandukana nawe vuba na bwangu. DORE IBYO WAGENDERAHO UFATA UMWANZURO. 1.Genzura ibintu bibatandukanya byatumye wowe ubwawe unanirwa kubaho wishimye: Ugendeye ku mibereho mubayemo ukareba umwana wawe, umugore wawe cyangwa umugabo wawe , ushobora gusanga ubuzima atari bwiza kandi bitewe nawe.Waragoragoje biranga none urashaka kugera ku mwanzuro wa...
Abagore gusa: Niba ushaka kubaka urugo rwawe rugakomera ita kuri ibi bintu

Abagore gusa: Niba ushaka kubaka urugo rwawe rugakomera ita kuri ibi bintu

Inkuru z'urukundo
Ubusanzwe mu buzima bwa muntu habamo ibyiza n’ibibi ariko kenshi buri wese aba asabwa kwita ku byiza akirengagiza ibibi kugira ubuzima bwe bukomeze bugende neza.Imana yaremye Isi n’Ijuru irema Adam na Eva, ku bazi neza Bibiliya , muribukako ku iherezo Eva yaganiriye na Satani bikabaviramo gucura ? Niyo mpamvu muri iyi nkuru twabateguriye izi mpanuro urasabwa kuyisoma witonze. NIBA URI UMUGORE UKABA USHAKA KUBAKA RUGAKOMERA, NTABWO UKWIRIYE GUKORA IBI; 1.Kutajya uhora uhohotera umugabo wawe:Hari abagore baba bagira amahane menshi ku buryo biba bigoye ko atekereza ku mugabo bashakanye.Uwo mugore aba atekereza ko hari icyo arusha umugabo we haba mu mafaranga cyangwa mu bindi bigatuma amuhoza ku nkeke.Niba uri umugore ukaba ushaka kubaka mukazasazana , mwubahe kuko umunsi watangiye kumwu...
Abakobwa gusa: Dore ibimenyetso bizakwereka ko uwo musore mukundana atigeze atereta undi mukobwa mbere yawe

Abakobwa gusa: Dore ibimenyetso bizakwereka ko uwo musore mukundana atigeze atereta undi mukobwa mbere yawe

Inkuru z'urukundo
Mu by’ukuri abakobwa benshi bagorwa no gusobanukirwa niba ibyo babwirwa n’abasore bakundana by’uko ntahandi bahereye ari byo, gusa muri iyi nkuru uramenya amakuru yanyayo. Ni ngombwa ko wowe n’umukunzi wawe muganira mbere yo kubana, mukamenya niba hariho waciye kugira ngo mu gihe yabimenye bitazamutungura bikaba byanabaviramo gutandukana. ESE NI IBIHE BINTU BIZAKWEREKA KO UWO MUSORE MUKUNDANA ATIGEZE AKUNDANA NA MBERE HOSE ? 1.Ahorana ubwoba: Ubusanzwe umusore ugukunda ariko akaba atarigeze akundana n’undi mukobwa uzabona ahorana impungenge cyane n’ubwoba bw’uko ushobora kuzamusiga. 2.Ntabintu byinshi aba azi: Umusore utarakundanye n’undi mukobwa mu busore bwe , akenshi nta bintu byinshi abazi. 3.Ahita abikubwira: Uyu musore ntabwo aca kuruhande , ahita akubwira ko yagukunze...
Abashakanye: Dore ibimenyetso  bizakwerekako utameranye neza n’umugore wawe

Abashakanye: Dore ibimenyetso bizakwerekako utameranye neza n’umugore wawe

Inkuru z'urukundo
Kubera ubuzima mu banyemo , umugore wishakiye ashobora ku kwanga nyamara ntamakuru ubifiteho kubera ko atakwisanzuye muri wo mwanya ukaba utabimenya.Muri iyi nkuru turibanda kubimenyetso bishobora gutuma bizakwerekako umugore wawe asigaye akwanga. Amaze igihe yitwara mu buryo budasanzwe wavuga akagutarukana , akakwerekako atakwishimiye na gato.Iyo ubibonye rero uribaza uti:” Ese nakoze iki noneho ko mbona byahindutse”.Ese koko hari ibindi bimenyetso bishobora ku kwerekako umugore wawe umugore wawe akwanga kugira ngo uhite ufatiranya bitaragera kure ? 1.Ahora agushinja amakosa  yo kuba atishimiye ubuzima mu banyemo: Ese umugore wawe ntabwo yishimiye ubuzima mu banyemo nk’umugore n’umugabo ? Ese niba atishimye , kubera iki ? Gerageza urebe mu bibakikije hanyuma wibutse umugore wawe ko ...
Buri mugore akunda umugabo ugaragaza ibi bimenyetso

Buri mugore akunda umugabo ugaragaza ibi bimenyetso

Inkuru z'urukundo
Ubusanzwe umugore ukunda umugabo we, abigaragariza mu byiyumviro cyane [Feelings].Kuko buri rukundo rwihariye rero ni nako n’umugore ugukunda azaba yihariye mu byo azagukorera wowe mugabo ariko akabikora atizigamye. Umugore ni umutima w’urugo.Urugo rutarimo umugore w’umutima , nta mutima narwo ruba rufite.Niyo mpamvu mu gihe ushaka umuntu ugukunda by’ukuri , ugomba guhera kuwo mwashakanye.Niba agukunda rero hari ibimenyetso uzabona nawe ugahita wibwira ko agukunda koko. 1.Agufasha mu buryo buhoraho akaba no mu byawe. Niba ahora mu bintu byawe , yumva byatera imbere, yumva waba uwambere muri byose, menya ko ariwe wawe kuko aragukunda cyane.Uyu mugore azagufasha by’umwihariko mu mpano zawe , mu gihe ugize ugutsindwa mu byo wakoraga, azaba uwambere mu kugufasha gutangira inzira nshya...
Dore ubutumwa utari ukwiriye koherereza umusore mukundana

Dore ubutumwa utari ukwiriye koherereza umusore mukundana

Inkuru z'urukundo
Muri iyi nkuru yacu, tugiyekugaruka ku butumwa umukobwa atari akwiriye koherereza umusore bakundana cyangwa se ibyo yari akwiriye kwitondera cyane by’umwihariko mu gihe bakundana urukundo rumeze neza. Niba uri umukobwa mwiza , uhuye n’umusore ufite gahunda maze yifuje ko mukundana kandi urukundo rwanyu byanga bikunze ruzarangirira murugo ubaye umugore we.N’ubwo ari uko biri cyangwa ubitekereza hari bimwe ukwiriye kwirinda nko kumwoherereza ubutumwa butameze neza cyangwa amagambo atameze neza. Mu gihe wandikiye umusore ubutumwa bugifi ntagusubize, ntuzibaze ibibazo byinshi ahubwo uzarebe kuri ubwo butumwa wamwandikiye kuko ashobora kuba atagusubiza kubera ko nawe wamuhaye ubutumwa butamunyuze. ESE NI UBUHE BUTUMWA UDAKWIRIYE KWEMERERA KUGERA K’UWO MUKUNDANA ? 1.Ku mwandikire ig...
Abakundana : Dore indimi z’urukundo ukwiriye kwiga mbere yo ku rwinjiramo ushikamye

Abakundana : Dore indimi z’urukundo ukwiriye kwiga mbere yo ku rwinjiramo ushikamye

Inkuru z'urukundo
Abakundana hari byinshi baba bakeneye kumenya mbere yo gufungura umutima bahana amasezerano.Muri iyi nkuru ntujye kure turarebera hamwe indimi z’urukundo zitatuye ukwiriye kumenya. Niba warigeze wumva ijambo urukundo ahari wowe wagize uburyo urisobanura.Hari benshi hanze aha  bavuma urukundo , bakavuga ko urukundo ari rubi kubera ko batabashije kumenya ururimi rw’urwarwo mbere yo ku rujyamo bityo bibabaho nk’impanuka. Urugo rw’ubakiye ku rukundo rw’ukuri ruba abarugize [Umugore n’umagabo] baba barabanje kwiga indimi z’urukundo bakazumva neza.Gukundana bijyana n’ibindi bikorwa arinabyo bigereranywa n’indimi z’urukundo ubwazo kuko urukundo ruvugisha ibikorwa, ibi bisobanuye ko n’indimi z’urukundo ari ibikorwa bimwe na bimwe. ESE NI IBIHE BINTU TWAVUGA KO ARIZO NDIMI Z’URUKUNDO UKWIR...
NKORE IKI?: Naciye inyuma umukunzi wanjye bantera inda none yansabye kuyikuramo

NKORE IKI?: Naciye inyuma umukunzi wanjye bantera inda none yansabye kuyikuramo

Inkuru z'urukundo
Umukobwa yagishije inama avuga uburyo yaciye inyuma umukunzi we ku muhungu bahoze bakundana gusa agaragaza ko yabuze uko yasubira ku wa Mbere na cyane yamusabye ko yayikuramo. Uyu mukobwa yagize ati:"Ubusanzwe ndi umunyeshuri, Umunsi umwe rero naje kumenya ko umukunzi wanjye witwaga Richard anca inyuma n'abandi bamuzi banaziko dukundana bakambwira ko bamubonanye n'abandi bakobwa.Nakiriye telefone nyinshi na mesaje nyinshi zimbwira ko babonye kuri Richard n'abandi bakobwa". Umwe ati:"Umukunzi wawe Richard namubonanye n'umukobwa mugufi w'amabere manini". Undi ati:" Richard yararanye n'umukobwa unanutse". Iyo nakiraga Telefone iteka narahangayikaga kuko natekerezaga ko bagiye kundegera Richard. Uko iminsi yashiraga indi igataha niko nahuraga n'abantu batandukanye ariko ingeso ya Rich...