Uwahoze ari Perezida wa Congo Joseph Kabila yahuye n’abihaye Imana bo mu miryango ya CENCO na ECC binyuze mu bamuhagarariye nk’uko byemejwe n’ibinyamakuru Jeunne
Umutwe wa Twirwaneho urengera Abanyekongo bo mu bwoko bw’Abanyamulenge wemeje urupfu rwa Gen. Makanika wari Umuyobozi wawo. Uyu mutwe wemeje urupfu rwe ku wa
Anyuze ku mbuga Nkoranyambaga zitandukanye (X), Barbara Nzimbi yavuze ko Joseph Kabila wahoze ari Perezida wa Congo mu minsi mike aratangira gukoresha urubuga rwa
Perezida wa Kenya akaba n’Umuyobozi w’Umuryango wa Afurika y’Uburasirazuba William Ruto yahuye n’intumwa zoherejwe na Perezida wa Congo Felix Tshisekedi Tshilombo, bakaba bahuriye mu
Kubera uburyo umutekano ukomeje kuba mubi mu Burasirazuba bwa Congo, bigateza ingorane ku baturage umwe mu baharanira amahoro n’impinduka muri iki Gihugu Bienvenu Matumo