Sinahisha inda yanjye, ntakibi ntinya, umugore w’imyaka 16 utwite yavuzeko agomba kumurikira rubanda inda ye

17/06/2023 22:30

Umukobwa w’imyaka 16 wamamaye cyane nka Mzbel, utwite inda y’imvutsi yakomeje kwerekana inda ye ku mbuga nkoranyambaga avuga ko atazarecyere kwerekana amafoto ye atwite.

 

Mu gusubiza ubwo yibasirwaga ku mbugankoranyambaga, yavuze ko niba Rihanna ashobora kugenda munzira inda ye atwite iri hanze Kandi akabyara umwana umeze neza we ninde wo kutabikora.

 

Uyu mukobwa yafashe video agaragara inda atwite iri hanze avuga ko agomba kuyerekana ngo dore ko we ntakibi atinya mbese ntagira Ikintu atinya.

 

Source: theChronicle.com.gh

 

Advertising

Previous Story

Dore ibintu usabwa kuba ufite kugira ngo abantu bose babone kugukunda

Next Story

Ibintu 6 ukwiye gukora Niba umukunzi wawe yakubabaje bikabije

Latest from Imyidagaduro

Intare FC yasinyishije umukinnyi mushya

Umuyobozi wa Intare FC, Byabuze Gatibito yavuze ko nta biganiro bigeze bagirana na Mukura VS yatangaje ko yasinyishije Ishimwe Jean-René wari intizanyo y’iyi kipe
Go toTop