“Naryamanye n’abagore 30 mu bagore 10 muri bo bagira inama umugore wanjye kwahukana akansiga” ! portable

16/06/2023 16:50

Umuririmbyi uri mubari kuzamuka neza Habeeb Okikiola wamamaye nka Portable Yahwituye abo bose boshya umugore we bamubwira kwahukana akamusiga.

 

Ubusanzwe uyu muhanzikazi azwiho kuba mu rukundo n’abagore benshi cyane ndetse yagiye asangiza bamwe mu mafoto ku mbugankoranyambaga ze.

 

Uyu mugabo w’abana 5 uherutse kwibaruka umwana w’umuhungu mu minsi yashize, yifashishije imbuga nkoranyamaga ze, Yahwituye aboshya umugore we Zainab kumusiga.

 

Mu mashusho yagiye hanze, yagaragaye ari kuvuga ko amaze kuryamana na bagore 10 mubagore 30 bagira inama umugore we kumusiga.

Yakomeje avuga ko ngo kubera iki umugore we yakahukana kandi umugore we amuha byose acyeneye mu buzima bwe.

 

 

 

Source: News Hub Creator

Advertising

Previous Story

Umugore ufite Tattoo ahantu hose ndetse no mu mboni z’amaso ye akagira indimi ebyiri bakomeje kumubwira ko atazigera abona umugabo

Next Story

Umukobwa wiga muri Kaminuza yashatse kwiba umugabo w’undi mugore bimubana agaka gakomeye

Latest from Imyidagaduro

Go toTop