“Diamond ntwari yanjye ndagukunda cyane pe kandi nzahora nkukunda ” ! Zuchu yivuyemo atomagiza umuhanzi Diamond Platinumz wiyita Simba avuga ko amukunda urudasanzwe

21/06/2023 18:37

Umuhanzikazi Zuchu yatomagije Diamond Platinumz mu buryo bwihariye avuga ko amukunda cyane.

Ubwo Zuchu yatangazwaga nka nk’uwatsinze icyiciro yarimo mu bihembo bya Afrimma , agatangazwa nka ‘Best East African Female Artiste’, yagaragaje urukundo afitiye Diamond Platinumz.

Uyu muhanzikazi yatangaje ko ubwo yari Muri Houston akabura ukuba hafi yabaye cyane ndetse ngo akarara ijoro arira wenyine kandi atari iwabo kandi ari n’igitaramo cya mbere yari yitabiriye hanze.

Yemeza ko yaje kwigira inama yo kudakomeza kurira ahubwo agahaguruka agakora cyane kugira ngo asubirane ishema rye.Nk’umwe mu bahanzikazi bakomeye muri Afurika ndetse wanahawe igihembo gikomeye akaza no gushyirwa mu cyiciro kimwe na sebuja yavuze ko akunda, yagaragaje ubudasa.

Mu ijambo rye muri iki gitaramo, yagaragaje urukundo rudasanzwe kuri Diamond Platinumz agaragaza ko ariwe ntwari ye kandi ko amukunda budasanzwe.Yaragize ati:” My hero Diamond Platnumz, I love you, you will always be my hero”. Cyangwa se ngo “Uri intwari Diamond Platinumz, ndagukunda, kandi uzahora iteka uri intwari yanjye”.

Src: Muranganewspaper

Advertising

Previous Story

Dore impamvu atari byiza kwambara inkweto ukazinjiza munzu yawe cyangwa y’abandi

Next Story

Niba ushaka urukundo rw’ukuri kandi rurambye ita kuri ibi bintu

Latest from Imyidagaduro

Intare FC yasinyishije umukinnyi mushya

Umuyobozi wa Intare FC, Byabuze Gatibito yavuze ko nta biganiro bigeze bagirana na Mukura VS yatangaje ko yasinyishije Ishimwe Jean-René wari intizanyo y’iyi kipe
Go toTop