Umukobwa w’ikimero Katy Bampton washyingiranwe n’umukinnyi wa Porono ruharwa , yatangaje ko amaze kumwigisha uko batera akabariro mu mezi 4 gusa bamaranye

18/09/2023 09:35

Umugore washyingiwe n’umukinnyi wamamaye muri Filime z’urukozasoni , yatangaje ko umugabo we amaze kumuhindura umuhanga mu gutera akabariro, agaragaza ko byatumye urukundo rwabo rukomera.

 

 

Katy Bampton, washyingiranwe n’umugabo we witwa Robbie, wamamaye muri filime z’urukozasoni (Adulty Content), ngo nyuma y’amezi 4 gusa barushinze yamwigishije uko batera akabariro neza mu buryo bugezweho.Uyu mugore w’imyaka 30 y’amavuko , agaragaza ko ashyigikiye cyane umurimo ukorwa n’umugabo we wo gufata amashusho y’urukozasoni ndetse amenshi ngo akayafata agamije kwigisha abandi bagabo bagenzi be.

 

 

 

Mu magambo ye Katy Bampton, yagize ati:”Ndabizi neza kandi narimbizi ko umugabo wanjye Robbie yabikoraga nambere y’uko duhura na cyane nahoraga mubona kuri Instagram maze nanjye bikankurura”.Yakomeje agira ati:’Ikintu kinshimisha ,nuko nyuma yo guhura na Robbie nkamumenya nanjye nishimiye ko nabikoze ndetse nza gusanga hari byinshi duhuriyeho kandi uko numvaga ibintu kwarahindutse”.

 

 

 

Katy , yemeza ko ari nko kubatizwa kuri we kuko ngo ntakibazo aterwa n’uko umugabo we wise Robbie Oz, ajya ava murugo akajya kuri Camera gusambana n’abandi bagore.Ati:”Twasomaniye bwambere ku kiyaga, arangije ajya kwifatira amashusho kandi bigaragara nk’ibisanzwe.Uwo munsi naratunguwe cyane , ndibaza nti ese byashoboka ko ari ibyanyabyo ? Ariko ni ukuri , kandi kwari ukuri”.

 

 

 

 

Nyuma yo gukura ubukwe n’uyu mugabo Robbie, Katy ngo yizeraga ko gusambana ari urukundo.Ati:”Njye natekerezaga ko gusambana n’umuntu cyangwa kujya mu rukundo nawe aribyo bita urukundo, ariko nyuma naje kumenya ko gusambana n’umuntu ari amarangamutima no guhana ibyiyumviro hagati y’abantu babiri.Urukundo rwacu , rushingiye kukuri , dufitenye ejo hazaza na gahunda nyinshi”.

 

 

 

Nyuma y’ubukwe bwabo, abantu bagiye basaba uyu mugabo ko yarekeraho gusambana n’abandi bagore ariko biba ubusa na cyane ko umugore we yemera neza yamukundiye uko ari.Katy yagize ati:”Njye namukundiye , umunsi duhura nasanze atandukanye cyane.Ntabwi nigeze mbanye tutarahura kuko gusambana n’umukinnyi wa Porono byanyigishije byinshi kuri njye ntarinzi”.

 

 

 

 

Uyu mugabo we yemeza ko yagiye gukina iyi mikino nyuma yo kwigumura kubahamya ba Yehova yasengeragamo afite imyaka 18 aza kwisanga akundana n’abakobwa babiri .Ati:”Nkunda akazi kanjye nubwo abandi bakabona nk’umwanda”.

Advertising

Previous Story

Tanzania: Nyuma yo gusigwa n’umugore babanaga Yengayenga yahise arongora abagore 3 icyarimwe avuga ko arongera ho undi umwe

Next Story

Ntamusore numwe unyifuza ! Umukobwa mwiza yagaragaje ko nta musore umwikoza kubera imiterere ye

Latest from Imyidagaduro

Go toTop