Mu gihe Tiger B yitegura gukora ubukwe na Pamella bamwe mu bahanzi b’ibyamamare muri Afurika bashyizwe ku rutonde rw’abazitabira ubwo bukwe.
Amakuru avuga ko bamwe mu bahanzi bamamaye muri Afurika bazabutaha na cyane ko nabanyirabwo ari ibyamamare ntasubirwaho hano mu Rwanda no hanze yarwo.
Bamwe mu bashyizwe mu majwi harimo abo The Ben yakoranye nabo ndetse n’abo bamenyanye mu buryo hutandukanye nk’umuhanzi ukomeye..

Muri aba bahanzi harimo , Otile Brown bakoranye indirimbo, Meddy , Rema , Sheebah , Zari n’uwahoze ari umugabo we Diamond , Tiwa n’abandi.
Biteganyijwe ko ubu bukwe bwa The Ben Tiger B, buzaba mu kwezi kwa Ukuboza tariki 23 uyu mwaka.