Bihisha itangazamkuru! Hamissa Mobeto watandukanye na Diamond Platnumz arimo guhatirizwa gukora ubukwe n’umukunzi we mushya Kevin Sowax

02/10/2023 10:47

Hamissa Mobeto yavuze ko arimo kunyura mu bihe bigoye byo guhatirizwa gukora ubukwe n’umukunzi we mushya Kevin Sowax.

 

N’ubwo urukundo rwabo rukomeje kuba mu ibanga rikomeye , aba bombi nabo bakomeje kugaragaza ko bakundana cyane ndetse ko bafitanye ejo hazaza , gusa abantu bagahatiriza Hamissa Mobeto ko bakora ubukwe vuba na bwangu.

 

Tariki 28 Nzeri 2023 , amakuru yavuzwe ko Kevin yasuye uyu mugore mu ibanga ndetse n’itangazamakuru ntiryamenya uko byagenze.Nyuma y’uko abyo bibaye abantu bashyize ku gitutu Mobeto , bamubaza niba yaratandukanye nawe koko. Mu gutanga igisubizo, Mobeto yavuze ko ntakibazo afitanye n’umukunzi we ndetse abasezeranya amafoto n’ubwo atigeze ayashyira hanze.Yagize ati:” Yaransuye nagenda nzabaha amafoto”.

 

Hadaciye kabiri , Hamissa Mobeto yariseguye agaragaza ko yari ababajwe nuko asigaye wenyine , ati:” Narinsigaye njyenyine , rero ntabwo nashoboye gufata amafoto kuko narimbabaye cyane”.

 

Hamissa Mobeto ukundwa n’umuryango we cyane yumvikanye agira ati:” Njye ntabwo nigez nihutishwa n’ubukwe cyane mu buzima bwanjye. Ubukwe buragora buranababaza niyo mpamvu nahose nitonda.

 

Njye naremewe kwita kuburuzi bwanjye.Rero nimpura n’umugabo w’ubuzima bwanjye bw’ahazaza , ubwo nawe akizera ko yabonye umugore yifuzaga, azashyira ukuri kumeza”.

 

Uyu mugore w’abana 2 , yahoze yifuza umugabo umukunda cyane gusa ntajya ashyira imbaraga mukumushaka.Yagize ati:” Byose biba biri mu mugambi w’Imana, icyo yampitiyemo nicyo ngomba gutegereza.

 

Hamissa Mobeto usanzwe ari inshuti magaraga Wema Sepetu, yavuze ko nyina umubyara yamushimiye Kevin kubera uburyo yiyubaha.

Advertising

Previous Story

Arembejwe n’indwara yo kwibagirwa ! Byinshi wamenya kuri Lil Wayne icyamamare munjyana ya Hip Hop ku isi

Next Story

Apotre Yongwe wavuze ko atunzwe n’amaturo yatawe muri yombi na RIB

Latest from Imyidagaduro

Intare FC yasinyishije umukinnyi mushya

Umuyobozi wa Intare FC, Byabuze Gatibito yavuze ko nta biganiro bigeze bagirana na Mukura VS yatangaje ko yasinyishije Ishimwe Jean-René wari intizanyo y’iyi kipe
Go toTop