Becky ukina muri Filime yitwa 2 Hours yasobanuye byinshi ku mpano ye agira inama urubyiruko

14/07/2023 12:27

Ubuzima bwabakundana burya bubamo byishi burimo no kwishimana rimwe na rimwe ibyishimo bikabasabagira ku buryo hari n’ubwo mwisanga imibiri yanyu yasabanye cyane ko ntacyo muba mwishisha.

 

 

Mu kiganiro cyatambutse kuri Televiziyo  ikorera kuri murandasi Umukobwa witwa Becky usanzwe yandika ama filime akanayakina yavuze k’imibereho ye iyo ari murukundo n’umusore. becky yavuze ko bamuhitishijemo hagatti yo kuba mu rukundo rutarimo imibonano mpuzabitsina  cyangwa rutarimo  gusomana, asubiza ko bitewe n’uburyo gusomana biruhura atakwemera ko biva mu buzima bw’abakunda.

 

Yagize ati: “Burya gusoma uwo ukunda cyangwa inshuti (best friend, Besto) bifite ukuntu biruhura,  rero sinumva ukuntu umuntu yabaho gusomana bitariho. Ubundi njye urabanza ukampobera kuko ndabikunda ,wenda hagakurikira ho kugusoma , urumva rero ukuntu mbikundira ko biruhura sinakwemera ko biva mu bigize urukundo”.

Becky ubusanzwe ni umwanditsi wa filime zinyuranye akaba ari nawe wanditse film yitwa 2 hours(amasaha abiri) yahuriwemo n’abakinnyi barimo abamenyerewe muri cinema nyarwanda nka Mama Nicky mumenyereye muri CityMaid.

 

Ese wowe ,ubona hagati yo Gusomana kw’abakundana no kuryamana biri mubituma imibarire n’ubushuti bikaza umurego? Biramutse bivanyweho ubuzima bw’urukundo bwaba bucagase? Ubyumva ute?

Umwanditsi: Shalom Parrock

Advertising

Previous Story

“Abana banjye baziko nkikundana na nyina” ! Diamond Platinumz yitarukije ibyo gusubirana na Zari ahumuriza inkumi za Uganda !

Next Story

Umuhanzi Christopher ari mu gahinda ko kubura imbwa ye yapfuye

Latest from Inkuru z'urukundo

Go toTop