Umuhanzi Christopher ari mu gahinda ko kubura imbwa ye yapfuye

by
14/07/2023 13:24

Umwe mubahanzi bakomeye mu Rwanda Christopher ari mu gahunda gakomeye nyuma yo kubura imbwa ye.

 

Uyu muhanzi yavuze ko urukundo bakundaga iyi mbwa rwari rushingiye kubyishimo yabahaga.

 

Yagize ati:” Iteka uzahora mu mutima wacu musangira ngendo mwiza waduhaga ibyishimo n’urukundo mugishanga.Uruhukire mu mahoro mugishanga.OTIS !”.

 

Mu mashusho yasangije abamukurikira kuri Story ya Instagram ye, Muneza Christopher yagaragaje uburyo yashenguwe n’urupfu rw’iyi mbwa kubera urugwiro yagaragaje ko yagiranaga nayo.Buri wese afite amahirwe n’uburenganzira bwo kugaragaza amarangamutima ye kuwo yabuze cyangea icyo yabuze.

Arvin

Ni umwanditsi wa Umunsi.com

Advertising

Previous Story

Becky ukina muri Filime yitwa 2 Hours yasobanuye byinshi ku mpano ye agira inama urubyiruko

Next Story

Inkuru y”umugeni witabye Imana atarwaye nyuma y’ amezi abiri gusa arushinze yashenguye Imbaga ya benshi

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop