Bakomeje kumwibazaho ! Umugore wahisemo kurongorwa n’igiti yatangaje benshi kumbuga nkoranyambaga

03/07/2023 12:09

Umugore utavuzwe amazina ariko ukomoka muri Mexico yatangaje benshi ubwo hashyirwaga hanze amafoto arimo gusomana n’igiti nk’umugabo we bari bamaze kubana akaramata.

 

Uku gushyiranwa k’uyu mugore n’igiti byabereye i San Jacinto Amilpal muri Leta ya Oaxaca mu gihugu cya Benshi mu babonye aya mashusho n’amafoto byashyizwe hanze bemeje ko ubu bukwe budashoboka na cyane ko igiti kidashobora kwemera gushakana n’umuntu bavuga ko gikeneye kurenganurwa.

 

Nk’uko ibiro Ntaramakuru by’Abanyamerika bibitangaza ngo mu mwaka wa 2014 uwitwa Richard Torres yashakanye n’igiti muri Leta ya Colombia ngo mu rwego rwo gushishikariza Inyeshyamba z’ingabo z’impinduramatwara zo muri Kolombiya gutera ibiti aho gutera intambara ndetse ngo kuva icyo gihe yifashishije abageni benshi gushyiranwa n’ibiti kugira ngo ubutumwa bwe bubashe kuherwaho.

 

Amakuru avuga ko gukora ubukwe n’igiti byafashaga mugutuma abantu badatema ibiti mu buryo butemewe n’amategeko muri San Jacinto Amilpal muri Leta ya Oaxaca muri Mexico. Uyu mugore yemeza ko gushyirwa n’igiti ari mu buryo bwo kwigaragambya asaba abantu guhagarika gutsemba ibiti”.

Undi mugeni washyingiranwe n’ibiti ni Andrea Tanat.

SRC: UMURYANGO

Advertising

Previous Story

Janelle Monáe yasohoye ibere rye aryereka abafana bari mu gitaramo bose bagwa mu kantu

Next Story

Yolo The Queen aratwite nyuma yo kugaragarizwa urukundo na Harmonize

Latest from Imyidagaduro

Intare FC yasinyishije umukinnyi mushya

Umuyobozi wa Intare FC, Byabuze Gatibito yavuze ko nta biganiro bigeze bagirana na Mukura VS yatangaje ko yasinyishije Ishimwe Jean-René wari intizanyo y’iyi kipe
Go toTop