Janelle Monáe yasohoye ibere rye aryereka abafana bari mu gitaramo bose bagwa mu kantu

03/07/2023 11:23

Umuhanzi ufite inkomoko muri Amerika Janelle Manáe ubwo yari mu Iserukiramuco ari kuririmba yatunguranye ubwo yerekanaga ibere rye ryose..

Iri Serukiramuco rizwi nka  “The 2023 Essence Festival’’ ryaberaga muri Leta ya New Orleans muri Amerika ryabaye mu mpera z’icyumweru gishize , uyu muhanzi yagiye kurubyiniro yambaye agakabutura gato ndetse ubwo umuziki wari urimbanije yazamuye igice kimwe cy’isutiye yari yambaye maze yerekana ibere ryari ripfutse imoko gusa.

 

N’ubwo abikoze gutya si ubwambere imbere y’abafana ndetse yagiye atangaza ko yishimiye igice cye cy’amabere ye

Advertising

Previous Story

“Mfite Tattoo 800 kumubiri wanjye ariko bituma abantu banyanga bakambuza no kujya mu birori bya Noheli” ! Umugore wishyize ho Tattoo yatangaje ko ababazwa n’abatamwumva

Next Story

Bakomeje kumwibazaho ! Umugore wahisemo kurongorwa n’igiti yatangaje benshi kumbuga nkoranyambaga

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop