Bahati n’umugore we bagaragaje urwo bakundana bakoresheje uburoso bw’amenyo

28/02/2024 09:55

Umuhanzi uri mu bakomeje mu gihugu cya Kenya Bahati ndetsee n’umugore we Diana bagaragaje urwo bakundana bakoresha uburoso bw’amenyo bumwe ndetse ni ibintu bikomeje kuvugisha benshi hirya no hino ku mbugankoranyambaga.

 

Ni mu mashusho akomeza kuvugisha benshi hirya no hino ku mbugankoranyambaga nyuma Yuko uyu muhanzi Bahati we n’umugore we bagaragaye mu mashusho bari gusangira uburoso bw’amenyo bumwe.

 

Kimwe mu bintu bikunda kugaragaza urwo abakundana bakundana, bagerageza gukora ibintu bitandukanye bishobora kwerekana ko mukundana, bityo ababibona bigatuma bavuga ko mushobora kuba mukundana urukundo nyarwo.

 

Nibyo uyu muhanzi Bahati we n’umugore we Diana bakoze nyuma yo kujya mu bwogero bagakoresha uburoso bw’amenyo bumwe, ibintu bikomeje kutavugwaho kimwe na bantu Bose hirya no hino ku mbugankoranyambaga.

Uyu muhanzi Kandi akaba yarakoranye indirimbo n’umuhanzi Bruce Melodie ndetse ni indirimbo yakunzwe n’abatari bacye dore ko iyo ndirimbo yari yayikoreye umugore we Diana.

 

Advertising

Previous Story

Umukunzi wa Harmonize yikomanze mu gatuza avuga ko nta wundi mukobwa ubereye uyu muhanzi

Next Story

Zuchu yaburiye abakobwa bose ko atazigera atana n’umukunzi we

Latest from Imyidagaduro

Go toTop