Mr Ibu waciwe akaguru yahakanye amakuru yavugaga ko yaryamanye n’umukobwa we

30/11/2023 18:20

Amakuru yavugaga ko Mr Ibu ryamanye n’umukobwa yagize uwe byemewe n’amategeko akamurera , yayahakanye cyakora avuga ko byashobokaga ko yabikora.

 

Aya makuru yagiye hanze ashyizwe hanze na Mr Ibu n’umukobwa we mu majwi bivugwa ko ari aye.

 

Mu gihugu cya Nigeria no mu binyamakuru byaho , hari hamaze iminsi amagambo avuga ko uyu mukinnyi wa Filime uherutse gucibwa akaguru yaryamanye n’umukobwa we yafashe akarera ndetse akamugira we.

 

Nyuma y’aho agereye kuri Mr Ibu , yafashe amajwi asobanura ko ibivugwa ataribyo ndetse ko ngo atigeze agerageza kuryamana nawe cyakora yemera ko byashobokaga ko aryamana nawe.

 

Muri aya mashusho , uyu mukobwa Jasmine, yumvikana abaza Mr Ibu ku makuru bivugwa ko baryamanye maze na Mr Ibu akabihakanira kure.Hibu yemeza ko byashobokaga ko baryamana gusa avuga ko abakwiza ibihuha bakwiriye kubihanirwa.Yagize ati:”Abantu bo mu Isi koko , Ese ni gute byashoboka ? Umukobwa wanjye ? Uwariwe wese wazanye ibi binyoma, azabihanirwa”.

 

Mr Ibu , agaragaza ko ari inzirakarengane mu byavzwe byose.Jasmine, yabajije Mr Ibu niba hari uwo bigeze babiganiraho , arabihakana avuga ko ntabyo baganiriye.

 

Advertising

Previous Story

Mu Karere ka Huye ibisambo byinjiye mu Kiliziya byiba ibintu byinshi birimo Isakaramentu ry’Ukarisitiya

Next Story

Samusure yatangaje amagambo akomeye kucyatumye ahungira muri Mozambique yiyama abakomeje gutuma adafashwa

Latest from Imyidagaduro

Go toTop