Dore ubusobanura bw’izina Ange , Imico n’Imiterere y’abaryitwa

30/11/2023 10:01

Hari ubwo uzegera abantu bitwa iri zina nujya kubabaza ubusobanuro bwaryo bakubwire ko ntabyo bazi.Niyo mpamvu twahisemo kugusobanurira ubusobanuro bwaryo.Numara gusoma iyi nkuru , uyisangize abantu bawe.

 

Izina Ange rikomoka ku rurimi ry’Ifaransa no mu Rurimi ry’Igikigereki ‘Angelos/Angelas / Angela.Ni izina rihabwa abana b’abakobwa cyangwa abana b’abahungu.Izina Ange ntabwo rigira abakobwa gusa cyangwa abahungu gusa.

 

Iyo umubyeyi ashaka kwita uyu mwana we izina Ange , akaba ari umukobwa amwita Angela , Angel cyangwa Angelos nk’uko twabigarutseho haraguru.

 

Izina Ange risobanuye ngo ‘Intumwa y’Imana’ cyangwa umuntu ukunda Imana.Ababyeyi baba bashaka gufasha abana babo gukunda Imana kuva bakiri bato no kuyikorera bagirwa  inama yo kubita izinan Ange cyangwa andi mazina arikomokaho.

 

Iri zina ryamamaye cyane mu mwaka wo mu 1785 biturutse kumuhanga witwaga Ang Auguste Joseph wari utuye ahitwa Laborde de Boutervillier.

Advertising

Previous Story

Umuhanzi Niyo Bosco umaze igihe adashyira hanze indirimbo agiye kujya muri Kikac Music ibarizwamo Bwiza

Next Story

Ese imyaka myiza yo gushaka umugore cyangwa umugabo ni iyihe ! Dore inama inzobere zikugira zagufasha

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop