Umugore yatumiye abakobwa 2 ngo baze baryamane n’umugabo we nki’mpano yamugeneye ku isabukuru y’amavuko ye, birangira ashwanye n’umugabo we

02/12/2023 14:53

Inkuru ikomeje kuvugisha benshi ku mbugankoranyambaga, n’inkuru yuyu mugore wakoze ibintu byatumye benshi bibaza impamvu uyu mugore yabikoze.

Uyu mugore yahaye impano itangaje umugabo we wari wagize isabukuru y’amavuko.Umugore witwa Theresa Rose w’imyaka 26 y’amavuko, wo mu gihugu cya Portland yatunguye umugabo we wari wagize isabukuru y’amavuko maze atumira abakobwa 2 ngo baze baryamane n’umugabo we mbese baryamanye ari batutu bimwe byitwa “Threesome” mu rurimi rw’amahanga.

 

Theresa Rose yavuze ko yari amaze igihe kinini abana n’umugabo we ariko ngo bakabana batishimye mbese nta byishimo ngo uyu mugore yabonaga mu rugo rwe, aho ngo yumvaga ngo yigunze mu rugo rwe Kandi ari umugore ubana n’ubumugabo.

 

Yakomeje avuga ko yakuriye mu muryango waba catholic, icyakora uyu mugore avuga ko kubera kuryamana ari batutu we n’umugabo we ndetse n’abakobwa bakiri yari yatumiye ngo baze baryamane n’umugabo we,byatumye amenya we wanyawe ndetse ko yaje guhana gatanya n’uwahoze ari umugabo we, nyuma yaho akamara ibyumweru 3 aryamana n’abagore bagenzi be ibi byitwa ubutinganyi.

 

Mbese uyu mugore avuga ko icyatumye yumva ko atishimye mu rugo rwe nuko byari ko we ari umutinganyi, ibyo yabimenye ubwo yaryamanaga n’abagore babiri hamwe n’umugabo we arinabyo byaje gutuma ahana gatanya n’umugabo we.

Source: TUKO

Advertising

Previous Story

Diamond Platnumz yatse isapo ye igisambo cyayimwibye kiyimukuye ku mutwe mukivunge cy’abantu

Next Story

Menya ibintu 5 abasore baba bashaka k’umukobwa bakundana nawe ariko ntibabivuge

Latest from Inkuru z'urukundo

Go toTop