Saturday, May 18
Shadow

Author: Kevin Rugirishema

Etincelles FC yurije Rayon Sports umusozi wa Rubavu 

Etincelles FC yurije Rayon Sports umusozi wa Rubavu 

Imikino, Imyidagaduro
Etincelles FC yurije Rayon Sports umusozi wa Rubavu Shampiyona ya hano mu Rwanda yari yakomeje hakinwa Umukino w'Umunsi wa 26. Umukino wari utegerejwe na benshi ni uwahuje Rayon Sports na Etincelles FC, Iyikipe yo mukarere ka Rubavu yari mu myanya ya nyuma, aho yari kuwa 13 n’amanota 26 mu gihe Reyon Sports yari ku mwanya wa kabiri n’amanota 48. Umukino w'aya makipe yombi byari beteganyijwe ko utangira ku isaha ya Saa cyenda zuzuye. Igice cya mbere wabonaga Rayon Sports ikina ariko nta mahirwe afatika ibona imbere y'izamu , mu gihe Bendeka wa Etincelles yahushije amahirwe agera 2. Iminota 45 y’igicye cya mbere yarangiya amakipe yombi anganya ubusa kubusa. Byaje kuba agatereranzamba kanyina wa Nzamba , mu gice cya kabiri, ikipe ya Rayon Sports igorwa bikomeye n’intagiriro z’igice...
Manizabayo wakinaga umukino wo gusiganwa ku magare yapfuye azize impanuka

Manizabayo wakinaga umukino wo gusiganwa ku magare yapfuye azize impanuka

Imikino
kuri uyu wa Kane, tariki ya 4 Mata 2024 nibwo Manizabayo Etienne wakiniraga ikipe ya Benediction yapfuye azize impanuka nyuma yo kugongwa n’imodoka ubwo we na bagenzi be bo mu makipe atandukanye, barimo n’abakuru, bari mu myitozo. Impanuka yabereye i Musanze ahazwi nko mu Byangabo.Ni impanuka ya Coaster ya bagonze ubwo bari mu myitozo. Iyi mpanuka yahise igwamo Manizabayo Etienne.Umuyobozi wa Benediction Club, Munyankindi Benoît, aganira n’abimwe mu bitangazamakuru bya hano mu Rwanda harimo Igihe, yavuze ko bari abakinnyi benshi barimo n’abakuru bo mu makipe atandukanye nka Java-Invotec na Karongi Cycling Team, imodoka irabagonga. Umukinnyi wa Benediction y’Abato , Manizabayo Étienne w’imyaka 17, yahise apfa mu gihe abandi batanu bajyanywe mu Bitaro bikuru by’Akarere ka Musanze. Mun...
Igikombe cy’Amahoro mu bagore : Abakinnyi, Bateye iminzenze umusifuzi, umwe mu bakinnyi yambikwa amapingu

Igikombe cy’Amahoro mu bagore : Abakinnyi, Bateye iminzenze umusifuzi, umwe mu bakinnyi yambikwa amapingu

Imikino
Umukino wahuje ikipe ya Fatima WFC yo mu karere ka Musanze na Gatsibo WFC , wo gushaka itike ya kimwe cya kane 1/4 cy’igikombe cy’Amahoro mu bagore , bivuzeko iyari gutsinda umukino yari kugera muri 1/2 , n’umukino wabayemo imirwano idasanzwe, aho umwe mu bakinnyi yambitswe amapingu mu gihe umusifuzi wo hagati yakubiswe , iminzenze. Byaje kuba ibibazo ku munota wa 87 w’umukino ubwo umusifuzi wo hagati yazaga gutanga ikarita itukura ku munyezamu wa Fatima kubera gufata umupira yarenze urubuga rw’amahina. Uyu munyezamu utabyumvise yahise yadukira umusifuzi ni ko mutera ikofe maze bararwana karahava. Ntabwo byatinze kuko abandi bakinnyi n’abayobozi b’aya makipe, bahise bajya mu kibuga, imirwana , ibura gica, aho byasabye Polisi y’igihugu gutabara ariko na yo ntibayirebeye izuba kuko nay...
Danny Usengimana yabonye ikipe nshya k’Umugabane w’America

Danny Usengimana yabonye ikipe nshya k’Umugabane w’America

Imikino, Imyidagaduro
Usengimana wavutse ku ya 10 Werurwe 1996 (imyaka 28) i Kigali, mu Rwanda, ni umukinnyi w'umupira w'amaguru , ukina nk'umukinnyi wo hagati usatira kandi yanakina anyuze kuruhande. Usengimana Danny wakiniye , Amakipe atandukanye hano mu Rwanda Ndetse n’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, yatangajwe nk’umukinnyi mushya wa Alliance Soccer Laval (AS Laval) yo mu Cyiciro cya Mbere mu Ntara ya Québec muri Canada. Usengimana Danny wa kiniye amakipe akomeye nka APRFC, POLICE FC, SEC ACADEMY , GASABO UNITED, ISONGA nandi atandukanye nta kipe yari afite nyuma yo kuva muri , Ikipe ya Police y’Igihugu mu mpera z’umwaka w’imikino wa 2022/23., Murukerera rwo kuri uyu wa 2 Mata 2024 ni bwo Ikipe ya AS Laval yatangaje Usengimana Danny nk’umukinnyi wayo mushya. AS Laval yerekejemo,yashinzwe nyuma yo kwihuza kw...
Neymar Da Silva Santos Jùnior yatangaje ikipe azasorezamo gukina umupira w’Amaguru

Neymar Da Silva Santos Jùnior yatangaje ikipe azasorezamo gukina umupira w’Amaguru

Imikino, Imyidagaduro
Neymar da Silva Santos Júnior (wavutse ku ya 5 Gashyantare 1992), uzwi kandi ku izina rya Neymar Júnior, n’Umukinnyi W’umupira w'amaguru wabigize umwuga Ukomoka muri Brazil. Ni umukinnyi ukina imbere mu ikipe ya Al Hilal yo muri Arabiya Sawudite ndetse n'ikipe y'Igihugu .Afatwa nk'umwe mu bakinnyi beza bo muri iki kinyejana , azwi cyane mu buryo bwe bwo gukina, ubushobozi bwo gutsinda, ndetse no gukinisha amaguru yombi . Neymar yatsinze, ibitego 100 mu makipe atatu atandukanye, kuba umwe mu bakinnyi bake babikoze, [3] akaba n'umukinnyi watsinze ibitego byinshi muri Berezile mu mateka ya Champions League.Neymar yakinnye bwa mbere nk'uwabigize umwuga muri Santos y'iwabo mu 2009, muri 2011, afasha ikipe ye gutwara Copa Libertadores yabo ya mbere mu myaka igera kuri 50. Ntabwo byatinze k...
Umurundi Nestroy Irankunda yaciye agahigo

Umurundi Nestroy Irankunda yaciye agahigo

Imikino, Imyidagaduro
Nestory Irankunda ni umukinnyi w'umupira w'amaguru ni umuhanga ukina aciye ku ruhande rw’Iburyo muri Adelaide United muri A-League. Yavukiye muri Tanzaniy Ku ya 9 Gashyantare 2006, Kubabyeyi bakomoka mugihugu cy’u Burundi, papa we, Gideyoni, yari umushoferi wa rideshare, n'umugore we Dafroza. Mbere yo kwimukira muri Australia akiri muto, yatangiye umwuga wo gukina muri Adelaide Croatia Raiders mbere yo kwinjira muri Adelaide United mu 2021.Muri Mutarama 2022, Irankunda yerekanye ubuhanga bwe muri Adelaide United, akora amateka nk'umukinnyi muto ukinira iyi kipe. Amaze gutera imbere, yatsinze igitego cye cya mbere cyo gutangira muri Werurwe 2022, abonye umwanya wa kabiri nk'uwatsinze ibitego byinshi mu mateka ya A-League. Irankunda, Umukinnyi, ukina acyiye ku ruhande rw’Iburyo yere...
Ikipe y’Igihugu y’u Budage yihenuye kuri ADIDAS

Ikipe y’Igihugu y’u Budage yihenuye kuri ADIDAS

Imikino, Imyidagaduro
Nyuma y’imyaka 70 Ikipe y’Igihugu y’Ubudage yihenuye Kuri ADIDAS Ikipe y’Igihugu y'u Budage yihenuye kuri ADIDAS nyuma y’imyaka 70 ariyo iyambika nk’umuterankunga wayo. Amasezerano ya Adidas azagana k'umusozo muri 2026 , Adidas yambika Ikipe y’Igihugu y’u Budage mu byiciro byose by’amakipe yacyo. Amakuru avuga ko umufatanya bikorwa mushya ariwe 'Nike' azatangira inshingano zo kwambika ikipe y’Igihugu y’Ubudage muri 2027 kugeza muri 2037 bambara imyambaro ikozwe n'uru ruganda. NIKE na ADIDAS ni inganda zihora zihanganye mukwambika amakipe y’Ibihugu ndetse n’abakinnyi ku giti cyabo. Uruganda rwa Adidas rwambika amakipe y’ibihugu atandukanye arimo, ikipe y’Igihugu ya Argentina, ikipe y’Igihugu ya Espagne Ndetse n'ikipe y’Igihugu y’u Bubiligi. Ni uguhanga amaso uguhatana gukomey...
Amavubi yiteguye kudwinga Botswana  – AMAFOTO

Amavubi yiteguye kudwinga Botswana – AMAFOTO

Imikino, Imyidagaduro
Ikipe y'Igihugu Amavubi yiteguye gutsinda umukino izakinamo n'ikipe ya Botswana kuri uyu wa Gatanu tariki 22 Werurwe 2024. Ikipe y’Igihugu Amavubi , yasoje imyitozo ya nyuma muri Madagascar yitegura umukino uzayihuza na Botswana kuri uyu wa Gatanu tariki 22 Werurwe. Ni imyitozo abakinnyi bakoze mvura nyinshi.Amakuru ava muri Madagascar, nuko abasore bameze neza kandi muri iyi mikino ya gishuti abakinnyi bitegute kwitwara neza kandi akanyamuneza ni Kose nkuko babigaragaje mu kiganiro bagiranye n'itangazamakuru. Uyu mukino uzaba tariki 22 Werurwe 2024 isaa 15h00 ku isaha yahano mu Rwanda.
Ibyo Nizeyimana Mirafa yatangaje nyuma yo gusezera Ruhago

Ibyo Nizeyimana Mirafa yatangaje nyuma yo gusezera Ruhago

Imikino, Imyidagaduro
Umukinnyi Nizeyimana Miraf mu masaha make ashize aganira na B&B Umwezi , yeruye avuga igitumye asezera k’umupira w’amaguru yakunze kuva mu buto bwe, mu gahinda kenshi, mu ijwi rye ry’uzuye agahinda, ikiniga, yavuze ko ibirimo amarozi, gusabwa amafaranga n’abo yari yizeye kumufasha, gushyirwaho agatuna mbwene ari bimwe mu bitumye asezera, gukina umupira w’Amaguru nk'uwabigize umwuga akiri muto. Yagize ati:“Icyanteye gusezera nkiri muto ni ikibazo gikomeye kijyanye n’ubufasha aho wiyambaza umuntu akakwereka ko hari icyo umugomba kugira ngo ubone ubwo bufasha rero ni ikintu cyambabaje. Kandi ikindi narebye ibijyanye n’amarozi bityo ndavuga nti reka mbihagarike kuko kubaho neza ntabwo ari ugukina gusa.” Yakomeje avuga ko ari umunyeshuri mu bijyanye no gukora amashanyarazi bityo ko ar...
Uko abakinnyi b’Aba Nyarwanda bitwaye muri iki cyumweru gishize

Uko abakinnyi b’Aba Nyarwanda bitwaye muri iki cyumweru gishize

Imikino, Imyidagaduro
Umukinnyi w’ikipe y’Igihugu Amavubi ukina anyuze ku ruhande Lague Byiringiro na Kapiteini w’ikipe y’Igihugu Bizimana Djihad bari mu bakinnyi b'Abanyarwanda bakina hanze bitwaye neza mu mpera z’icyumweru. Bizimana Djihad Djidro watsinze igitego ku munota wa Gatanu w’inyongera ni nyuma y'uko iminota 90 yari yarangiye afasha FC Kryvbas Kryvyi Rih kwikura imbere ya Kolos Kovalivka muri Shampiyona ya Ukraine. Bizimana Djihad n’Ikipe ye bakomeje inkubiri yo kwiruka ku Gikombe cya Shampiyna, doreko banganya amanota 43 na Shakhtar Donetsk iyoboye urutonde rw’agateganyo, muri Ukraine, harabura imikino mike Iyi shampiyona ikagana k’umusozo.Iyikipe ya Djihad Iramutse itwaye igikombe yahita yerekeza mu mikino ihuza amakipe yabaye ayambere iwabo (UEFA Champion’s League) kandi yaba abaye umuki...