Uwahoze ari umukunzi wa Yvan Buravan yavuze ko azongera gusubira mu rukundo

21/03/2023 08:44

Ubwo yabazwaga niba azasubira mu rukundo , uwahoze ari ukunzi Buravan , atazuyaje yasubije ko azarubiramo.

Umukobwa wahoze ari umukunzi wa nyakwigendera Yvan Buravan, Chiffa Marty yabajijwe n’umwe mu bamukurikira niba ateganya gusubira mu rukundo, asubiza ko uwo Yvan Buravan azamwoherereza ari we bazakundana

Yabivuze ubwo yari yatanze umwanya kubamukurikira ku rukuta rwe rwa Instagram ngo bamubaze ibyo bashaka. Kuva Buravan yakwitaba Imana, uyu mukobwa utuye I Burayi abamukurikira bakunda kubona ubutumwa bw’amaganya ku mbuga nkoranyambaga ze.

Yakoresheje izina ‘Van’ yakundaga kwita Yvan Buravan ko azamwoherereza umuntu. Uyu mukobwa yamenyekanye mu myidagaduro ya hano mu Rwanda nyuma y’urupfu rw’uwari umukunzi we Buravan.

Advertising

Previous Story

“Umugabo wanjye yansabaga kureba amashusho y’urukozoni turi kumwe akambwira ngo nigane ibyo bari gukora” !

Next Story

Ibyo wamenya kubahanzi bapfiriye kurubyiniro imbere y’abafana babo

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop