Abasore nta mpuhwe bagira ! Umusore yashyize hanze ubutumwa bwose yaganiriye n’umugore uca inyuma uwo bashakanye wamusabaga gusinda bakaryamana

20/11/2023 17:10

Isi igeze aho Satani ashaka aho umugore wubatse yifata akaganira ibiganiro bitiyubashye n’umusore utarubaka ndetse akamusaba ko batera akabariro nyamara afite umugabo kandi byitwa ko babana neza.Nk’uko tubikesha ikinyamakuru Tuko, uyu musore yashyize hanze ubu butumwa birakaza benshi.

 

 

X Influencer na Wizarab10 bashyize hanze ubutumwa bw’umusore n’umugore baganiraga ibyo guca inyuma umugabo washakanye n’uwo mugore.Ibi biganiro byabo byagaragazaga ko bashobora kuba hari ibyo bakoze bombi bityo bakaba bifuza kongera kubikora.

 

 

Mu mpamvu zitangwa n’uyu mugore ngo ni uko umugabo we atabikoraga neza kuburyo umugore yagombaga kwishakira ahandi ajya gukura akabariro.

 

 

Uyu mugore yavuze ko ngo adakwiriye kongera gutera akabariro n’uyu musore ngo kubera ko yagize vuba cyane ubwo baherukanaga, gusa asaba umusore ko hagira ibyo afata, kugira ngo agaruke, umusore nawe aremera amubwira ko arajya kunywa.

 

Mu Rwanda , haba umuco wo kwiyubaha aho umusore yubaha umugore wubatse ndetse agatinya no gukora icyaha.Ese birakwiye ko umugore wubatse atinyuka kuganira n’umusore abyaye ibyo gutera akabariro ?

DUHE IGITEKEREZO CYAWE.

REBA HANO IKIGANIRO BAGIRANYE

Advertising

Previous Story

Uri mwiza ! Uburanga bwa Miss Mutesi Mutesi Jolly ntibushidikanywaho [AMASHUSHO]

Next Story

Umugabo wa Rihanna yatangaje ikintu gikomeye afata nk’umushinga yakoranye n’umugore we

Latest from HANZE

Go toTop