Advertising

Menya inyamaswa zijya mumihango nk’umugore

20/10/2024 19:07

Ubusanzwe imihango izwiho cyane kubagore nabakobwa, akenshi ni bake ku ijana wazasanga baziko hari zimwe mu nyamaswa n’amatungo ajya mu mihango. Hano ku umunsi.com twabakoreye ubushakashatsi bw’izo nyamaswa n’amatungo bijya mu mihango.

Chimpanzees
kimwe n’umuntu chimpanzee y’ingore nayo ijya mu mihango neza neza isa ni iyabagore nabakobwa cyane ko irangira hagati y’iminsi 28-35. Gusa igitandukanye nuko chimpaze yo idakunze kuva amaraso menshi ugereranyije n’umuntu.

Bonobos

bonobos nayo ijya guhuza na Chimpanzee arinayo imeze nka umugore, gusa bonobos ibihe byayo biba hagati y’iminsi 32-35.

Baboons
Baboons iminsi yayo iba hagati ya 30-40 kandi nayo ntago iva cyane ugereranyije n’umuntu.

Elephants (inzovu)
inzovu ni munyamaswa nini kwisi ikaba nayo ijya mu mihango hagati y’ibyumweru 14-16. Inzovu ikaba ifatwa nk’inyamaswa imara igihe kinini mu Rwanda.

Bats (uducurama)

Tumwe mu bwoko bw’uducurama natwo tujya mumihango cyane nk’utuzwi na Short-nosed Fruit bat.

Leave a Reply

Your email address will not be published.

Previous Story

Uburyo bwiza bwo kuryama bwakurinda kugona

Next Story

Ibyiza byo koga amazi akonje

Latest from Ubuzima

Ibyiza byo koga amazi akonje

Hari abantu bamwe bakunda koga amazi akonje, abandi bakabitinya, bagahitamo kaga ashyushye. Nyamara burya buri kintu cyose kigira ibyiza byacyo niyo mpamvu muri iyi

Uko wakivura indwara y’umujagararo

Nk’uko ubushakashatsi bubigaragaza abantu benshi bahanganye n’amaganya,30% by’abantu bakuru bose bo muri Amerika, bazakubwira ko gushaka inzira nziza zo kurangaza ibitekerezo byawe bitoroshye. Ibimenyetso

Inyamaswa zihaka igihe kirekire

Ijambo guhaka rikoreshwa ku bisimba binini by’ibinyamabere nk’inka, gusa ku muntu harimo umwihariko, hakoreshwa ijambo gutwita. Hano ku umunsi.com twabakoreye urutonde rw’inyamaswa zihaka igihe
Go toTop