The Ben yatangaje ko ari mu biganiro na Sosiyete yamusibiye indirimbo

26/12/2023 10:45

Anyuze kumbuga nkoranyambaga ze The Ben yavuze ko we n’ikipe ye  bari gukora iyo bwabaga ngo iyi ndirimbo yari imaze gukundwa n’abatari bake ngo yongere igaruke.

Mu magambo akubiye mu ibaruwa yashyize hanze, The Ben yagarutse ku kungingo zirimo kuganira na Skyline Sosiyete yamureze gukoresha amashusho yayo atabisabiye uburenganzira cyangwa ngo babyumvikane.

Ni Forever ni indirimbo The Ben yakoreye
Previous Story

Umugore yanyujije inshoreke ye mu idirisha kugira ngo umugabo we atamusanga ari kumuca inyuma

Next Story

Zari Hassan yifashishije indirimbo ya The Ben ateguza Abanyarwanda

Latest from Imyidagaduro

Zari Hassan yasabye imbabazi umugabo we

Zarinah Hassan yaciye bugufi asaba imbabazi Shakib Cham umugabo we.Ibi bibaye nyuma yaho yari akomeje kumushinja kudashyira umutima hamwe byuzuye gufuhira Diamond Platnumz akarenzaho

Niyonzima Haruna yatandukanye na Rayon Sports

Rutahizamu ukomeye wakiniye Amavubi imikino myinshi Haruna Niyonzima yatandukanye na Rayon Sports  nyuma y’Igihe avuga ko yananiwe kubahiriza amasezerano bagiranye. Haruna Niyonzima wari umaze

Banner

Go toTop