Umugore yanyujije inshoreke ye mu idirisha kugira ngo umugabo we atamusanga ari kumuca inyuma

26/12/2023 09:07

Inkuru ikomeje kuvugisha benshi ku mbugankoranyambaga ni inkuru yuyu mugore wafashwe amashusho Ari kunyuza umugabo bari baryamanye mu idirisha kugira ngo umugabo we atamusanga ari kumuca inyuma.

 

Nk’uko bikomeje gutangazwa, biravugwa ko umugabo wuyu mugore yari yagoye mu kazi nk’ibisanzwe ariko umugore we agahita azana inshoreke ye bakaryamana, nubwo umugabo yagarutse igitaraganya maze umugore agwana no kunyuza uwo mugabo mu idirisha kugira ngo umugabo we atamusanga ari kumuca inyuma.

Mu mashusho yafashwe n’umwe mu baturanyi wabibonaga, ubwo uyu muturanyi yabonaga uyu mugore Ari kunyuza inshorecye ye mu idirisha, yahisemo gufata amashusho ndetse ayo mashusho niyo yaje gusakara hirya no hino ku mbugankoranyambaga.

 

Muri ayo mashusho kandi uyu mugore ndetse n’uyu mugabo bagaragaye bambaye ubusa kuko basohotse mu cyumba igitaraganya imyenda bayifite mu biganza kugira ngo umugabo w’uyu mugore ataza kumusangana nundi mugabo.

Abantu benshi bakoresha imbugankoranyama bakomeje gutangazwa n’uyu mugore ndetse Hari uwavuze ko buryo uwububa abonwa nuhagaze.

Source: latestNGnews.com

Advertising

Previous Story

“Nzashakana n’umusore uzajya ambabarira namuciye inyuma” ! Doyin

Next Story

The Ben yatangaje ko ari mu biganiro na Sosiyete yamusibiye indirimbo

Latest from Imyidagaduro

Go toTop