Umubyinnyi Titi Brown yagiriye umugisha mu gitaramo cya Gen-Z Comedy ahabwa akayabo k’amafaranga

17/11/2023 15:05

Mu gitaramo cya Gen-Z Comedy kimaze kugarukwaho n’abatari bake kubera imitegurire yanyiracyo abinyujije mu gutumira itangazamakuru ritandukanye, niho Titi Brown yaherewe amafaranga.

 

Merci Fally utegura iki gitaramo yatunguwe no kubona umubyinnyi Titi Brown yitabiriye iki gitaramo ubwo cyabaga mu ijoro ryo ku wa 16 Ugushyingo 2023.

 

Ubwo uyu munyarwenya ukunze gufasha impano z’abantu batandukanye kwigaragaza , yabonaga Titi Brown , yasabye abantu kumuremera mu rwego rwo ku mwereka urukundo, maze nabo baramwumvira Titi Brown atungurwa n’umubare w’amafaranga bamuhaga.

Byari ibyishimo kuri Titi Brown

Previous Story

Abagore ! Dore uburyo bwiza bwo kugirira isuku mu myaka y’ibanga yawe nyuma yo gutera akabariro n’uwo mwashakanye

Next Story

Umuraperi Snoop Dogg yatangaje ko yavuye ku itabi burundu

Latest from Imyidagaduro

Zari Hassan yasabye imbabazi umugabo we

Zarinah Hassan yaciye bugufi asaba imbabazi Shakib Cham umugabo we.Ibi bibaye nyuma yaho yari akomeje kumushinja kudashyira umutima hamwe byuzuye gufuhira Diamond Platnumz akarenzaho

Niyonzima Haruna yatandukanye na Rayon Sports

Rutahizamu ukomeye wakiniye Amavubi imikino myinshi Haruna Niyonzima yatandukanye na Rayon Sports  nyuma y’Igihe avuga ko yananiwe kubahiriza amasezerano bagiranye. Haruna Niyonzima wari umaze

Banner

Go toTop