Zari Hassani ufite inkomoko muri Afurika y’Epfo, yagaragaje ibihahano bye bishya birimo amenyo mashya yaguze ndetse nutuzwi nka Dimples tuba kumatama yishyirishijeho.
Uyu mugore abinyujije kurukuta rwe rwa Instagram yishingoye ashyira hanze amafoto amugaragaza yahiriwe na Make Up , Dimples n’amenyo mashya.Uyu mugore ubwe yagaragaje ko ubwiza afite muri ayo mafoto yabukomoye kuri Dary Adental Turkey ( Cosmetic Dental), basabwe bafasha abantu bifuza nkibyo yahashye.Uyu mugore munsi y’amafoto yahanditse ati:” Ubu nibwo navaga muri Dary Adental Turkey , ndamarana agahe aya menyo meza”.
Dimples Zari Hassani yari afite , abafana be bayangiye kuyibona mu minsi yashize dore ko aribwo nawe yatangiye kuyigaragaza maze abantu bemeza ko uyu mugore ajya ayihinduza uko yishakiye.
Zari siwe wenyine ukorerwa inseko na Cosmetic Dental, dore ko na Vera Sidika nawe yigeze kubitangaza.Uyu Vera Sidika we yari yatangaje ko amenyo mashya n’inseko byamuymtwaye arenga Ibihumbi 7 by’amadorali ( 7,250,000 $).Uyu munsi yagize ati:” Ibice byanjye byose ninjye ariko naguze , kimwe mu bice byanjye . Iyo ubiguze biba ibyawe , Amataye yanjye namabuno yanjye ni ibyanyabyo.
Mfite amabuno manini kandi vuba aha naramamaye kandi ndifuza gukomeza kwamamara”. Vera Sidika yakomeje agira ati:” Amabere yanjye nayo yakozweho na Bravery Hills none namenyo yanjye yatunganyijwe n’abaganga b’abahanga”. Uretse aba bagore 2 , undi witwa Anerlisa we ngo yihinduje ishinya bayiha irindi bara kuko Pulse babitangaza.
Imyidagaduro yo muri Tanzania na Kenya , ikomeje kujya imbere y’indi muri Afurika y’Iburasirazuba by’umwihariko kubera uburyo muri iki gihugu harimo abantu bazi guhimba inkuru bigendanye n’ibyo bashaka gucuruza cyangwa kwamamaza.