Bakaraze amabuno karahava! Seburikoko n’abakinnyi bakina muri Papa Sava babyinnye karahava

12/06/2023 13:00

Niyitegeka Gratien wamamaye nka Seburikoko yagaragaye mu mashusho ari kubyina cyane ndetse ari kumwe n’abakinnyi bakina muri Papa Sava akaba ari nawe boss wabo.

 

 

Mu mashusho yanyujije ku rukuta rwa Instagram, bagaragaye bose babyina ndetse n’inkumi n’abagore bose bakaraze amabuno karahava.

 

 

Ni mu mashusho yanyujije ku rukuta rwa Instagram rwa Ndimbati nawe wagaragaye arimo kubyina cyane. Abo bose babyinaga indirimbo yakunzwe cyane hano muri afurika ndetse no mu Rwanda yitwa No wahala.

 

 

Igikomeje gutangaza benshi nukuntu abo bose bakaraze amabuno karahava ndetse ubonako bishimye cyane.Ubusanzwe ni gacye wabona Niyitegeka Gratien wamamaye nka Seburikoko cyangwa Papa Sava ariko arabyina indirimbo.

 

 

Source: Instagram

Previous Story

“Urukundo rugeze aharyoshye” ! Wamusaza w’imyaka 66 yibitseho umwana ukiri muto Samuel Nzuki Ndunda yiyunze n’uwahoze ari umukunzi we

Next Story

Museveni yanyomoje akamuru avuga ko yapfuye agaragaza ko ari koroherwa

Latest from Imyidagaduro

Zari Hassan yasabye imbabazi umugabo we

Zarinah Hassan yaciye bugufi asaba imbabazi Shakib Cham umugabo we.Ibi bibaye nyuma yaho yari akomeje kumushinja kudashyira umutima hamwe byuzuye gufuhira Diamond Platnumz akarenzaho

Niyonzima Haruna yatandukanye na Rayon Sports

Rutahizamu ukomeye wakiniye Amavubi imikino myinshi Haruna Niyonzima yatandukanye na Rayon Sports  nyuma y’Igihe avuga ko yananiwe kubahiriza amasezerano bagiranye. Haruna Niyonzima wari umaze

Banner

Go toTop