Yolo The Queen yatangaje ikintu gikomeye ku rukundo nuko arufata

16/12/2023 20:27

Umukobwa uzwi nka Yolo The Queen utarabonwaho n’uwariwe wese, yatangaje ko urukundo ari rwiza ariko yanga uko rurangira.

Yolo The Queen yabaye amayobera mu matwi n’amaso by’Abanyarwand kuko ntawe uramuca iryera ku biganiro, mu nzira cyangwa ahariho hose.

Uyu mukobwa utajya apfa kubonana yatangaje ko urukundo ari rwiza gusa yerura ko adakunda uko rurangira.

Mu magambo ye anyuze kuri Instagram story ye yagize ati:”Urukundo ni rwiza , nanga uko rurangira”.

Uyu mukobwa watangaje ibi ntabwo yari yumvikana mu rukundo rweruye n’umusore numwe gusa , Harmonize yigeze gutangaza ko amukunda , amakuru avuga ko bahuye ariko ibyabo byaje kugaragara ko kari agatwiko.

Previous Story

Miss Mutesi Jolly yanenze ikinyamakuru cyandaritse umukobwa wizihiwe n’umuziki akambara ubusa

Next Story

Kenya: Umugabo yitwitse arashya wese

Latest from Imyidagaduro

Zari Hassan yasabye imbabazi umugabo we

Zarinah Hassan yaciye bugufi asaba imbabazi Shakib Cham umugabo we.Ibi bibaye nyuma yaho yari akomeje kumushinja kudashyira umutima hamwe byuzuye gufuhira Diamond Platnumz akarenzaho

Niyonzima Haruna yatandukanye na Rayon Sports

Rutahizamu ukomeye wakiniye Amavubi imikino myinshi Haruna Niyonzima yatandukanye na Rayon Sports  nyuma y’Igihe avuga ko yananiwe kubahiriza amasezerano bagiranye. Haruna Niyonzima wari umaze

Banner

Go toTop