“Wampinduriye ubuzima” ! Selena Gomez yateye imitoma yumusubirizo umuhanzi Rema bakoranye indirimbo

05/07/2023 09:43

Umuhanzi ukomeye muri Muzika y’isi Selena Gomez, yasutse amarangamutima ye hasi , yemera iby’urukundo akunda Rema wo muri Nigeria.

Uyu muhanzikazi muri muzika ya America Selena Gomez, yahishuye ko nyuma y’aho Rema amakoresheje mu ndirimbo ye ‘Calm Down’ yasanze yaramuhinduriye ubuzima abishyira mu nkuru.

Iyi ndirimbo Calm down ya Rema yasohotse muri 2022 , isohoka kuri Album Rave and Rose.Iyi ndirimbo yarakunzwe cyane na hano mu Rwanda iramamara.Nyuma yo kuyisubiramo mu mwaka wo muri 2013 , iyi ndirimbo yarakunzwe cyane.

Selena Gomez ni umwe mu bahanzi bashinze imizi muri muzika y’isi

src : Swtzs

 

Advertising

Previous Story

Rihanna yashyize hanze amafoto y’umwana we ubwo yari yasohokanye n’umugabo we muri Barbados abantu bemeza ko bishoboka kugira umuryango hejuru ya 30

Next Story

Brian Chira yamennye amabanga atangaza uko yanduye SIDA ayandujwe n’inshuti ye

Latest from Imyidagaduro

Intare FC yasinyishije umukinnyi mushya

Umuyobozi wa Intare FC, Byabuze Gatibito yavuze ko nta biganiro bigeze bagirana na Mukura VS yatangaje ko yasinyishije Ishimwe Jean-René wari intizanyo y’iyi kipe
Go toTop