Rihanna yashyize hanze amafoto y’umwana we ubwo yari yasohokanye n’umugabo we muri Barbados abantu bemeza ko bishoboka kugira umuryango hejuru ya 30

05/07/2023 08:43

Umuhanzikazi w’icyamamare ku isi Rihanna yashyize hanze amafoto y’umwana we ubwo yari yasohokanye n’umugabo we A$AP Rocky.

 

Rihanna wabaye icyitegererezo kuri benshi bigatuma bizera ko nyuma y’imyaka 30 umuntu yagira urugo , yasohokanye n’umutware we A$AP Rocky ndetse n’umwana wabo RZA baryoherwa n’ubuzima Muri Barbados.

 

Rihanna ufite amafaranga menshi yagaragaje ko kandi akunda cyane uyu muhanzi bakundana A$AP Rocky ubwo batemberaga hafi y’urugo rwabo muri Barbados hamwe na RZA w’umwaka umwe.

 

Ubwo batemberaga uyu mudamu witwara nk’abanyampinga yafasha umwana we amafoto hamwe n’umugabo we arangije abishyira hanze nk’uko byagaragajwe kuri Konti ye ya Instagram.

Src: Briefly.co.za

Advertising

Previous Story

Dore impamvu abasore aribo batereta kurusha abakobwa

Next Story

“Wampinduriye ubuzima” ! Selena Gomez yateye imitoma yumusubirizo umuhanzi Rema bakoranye indirimbo

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop