Umusore yashoye arenga Miliyoni 67 FR kugira ngo abagwe ase nk’igipupe

17/06/2023 21:40

Patrick Mast ukomoka mu gihugu cya Germany (ubudage) yahoze akunda ibipupe kuva akiri muto afite imyaka 14 kugeza ubwo yatanze akayabo kugira ngo ase nacyo.

 

Agize imyaka 28 y’amavuko nibwo yashoye akayabo ya £60,000 ( 67,661,139.90)  kugira ngo akorweho ryake ku bwiza abikorara mu gihugu cya turukiya.Mu ibarwa rye uyu mukobwa yamaze amasaha atanu yose ari gukorwaho ngo ryake, kuki iminwa ye bari bayigize minini amaso nayo agaragara nkayinjangwe.

 

Nyuma y’amasaha atani nibwo uyu mukobwa yabyutse ndetse avuga ko yari ari mu buribwe cyane. Yamaranye umwaka ibyo bikomere kugira ngo bikire, gusa kuri we avuga ko uburibwo yanyuzemo yari abukwiye cyane ko ariwe wijyanye ndetse yari abishaka cyane.

 

Uyu mukobwa yavuze ko kwibagisha yabikunze ku myaka 14 ngo kuko yabonaga ibyamamare byose bikina filime muri Hollywood byaribagishije kugira bise neza.Yavuze ko yatangiye kwibagisha afite imyaka 18 kuko ngo Aribwo yibagishije iminwa ndetse nagahanga baragahindure yewe n’imisatsi ye atangira kuyihundura.

 

Yakomeje avuga ko yashakaga kugaragara nkigipupe cyane ko ngo abikunda iyo abantu bamubonye ko yibagishije ngo aba Ari byiza nka nyakwigendera Michael Jackson nawe wibagishije kakahava.Yakomeje avuga ko abantu babaga muri Germany batabikora neza cyane ngo baba bashaka ko bigaragarako Ari ibyanyabyo Kandi we adashaka ko bigaragarako Ari ibyanyabyo Ariyo mpamvu ajya kwibagisha mu bindi bihugu nka seribiya, turukiya.

 

Yavuze ko ntabwoba afite bwuko yazicuza isura afite. Yavuze ko abantu bari mu buzima bwe Ari abizerwa kuri we ndetse bamushyigikira mubyo akora.

 

 

Source: Daily Star

 

 

 

Advertising

Previous Story

“Umugabo wanjye yapanze kunyica ngo abone uko abana na murumuna wanjye” ! Umugore yagaragaje ko yagambaniwe n’uwo bava indimwe biramutungura

Next Story

Dore ibintu usabwa kuba ufite kugira ngo abantu bose babone kugukunda

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop