Dore ibintu usabwa kuba ufite kugira ngo abantu bose babone kugukunda

17/06/2023 21:57

Hari imico cyangwa ibintu bishobora kuranga umuntu agakundwa ndetse agahora akunzwe na buri umwe.

 

Ni wita kuri ibi bintu uzahora ukunzwe ntankomyi.

 

1.Ba umuntu undi muntu yakishingikiriza cg yacyenera

 

Niba ukundana n’umuntu utakwitabaza mu bintu runaka uwo muntu ntago akwiye guhabwa urukundo rwawe.

 

2.Ba umuntu wakizerwa

 

Iyo uri wamuntu wizewe ndetse wakizerwa na buri umwe burya ntankomyi urakundwa kuko uba wabika ndetse ugasigasira amabanga mu bushuti bwanyu.

 

3.Ba wamuntu abantu bubaha

 

Niba ushaka kubahwa burya uba ukwiye kumanza wiyuba nawe ubwawe. Iyo bije mu nkundo burya iyo wubaha uwo mukundana nawe arakubaha ndetse akagukunda cyane kurushaho cyane ko umwizera.

 

4.Ba wamuntu uzi kuganira

 

Burya iyo umuntu azi kuganira agira inshuti nyinshi. Sibyo gusa iyo mu rukundo umwe murimwe azi kuganira burya birabafasha kuko bibafasha kumenyana kurushaho kuko muba muganira cyane.

 

5.Ba wamuntu wumva

 

Aha kumva mvuga si ukumvisha amatwi gusa ahubwo ugomba kuba wamuntu ubwirwa ibintu akumva ntahubuke mu gusubiza cyangwa se kumva abandi bari mu bibazo nabyo byagufasha gukunda cyane ntankomyi.

 

 

 

Source: yourtango.com

Advertising

Previous Story

Umusore yashoye arenga Miliyoni 67 FR kugira ngo abagwe ase nk’igipupe

Next Story

Sinahisha inda yanjye, ntakibi ntinya, umugore w’imyaka 16 utwite yavuzeko agomba kumurikira rubanda inda ye

Latest from Inkuru z'urukundo

Go toTop